Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y’Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 1, 2024
in World News
0
Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y’Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, yemeye guha akayabo k’ifaranga abarwanyi ba Wazalendo barimo n’umutwe witwara gisirikare wa Gumino.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni amakuru ahamya ko Guverinoma ya Kinshasa, yemereye abarwanyi bose bakorera mu kwaha ku butegetsi bw’iyi leta, bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Ituri na Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amasoko yacu dukesha iy’inkuru abivuga.

Ay’amakuru akavuga ko imitwe y’itwaje imbunda ikorera mu misozi ya teritware ya Fizi, Uvira na Mwenga bazajya bahabwa amadolari y’Amerika angana n’ibihumbi ma kumyabiri n’abibiri.

Mu gihe Wazalendo bakorera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bo bemerewe arenze ayo, ngo kubera ko bari mu rugamba rwo guhangana na M23 igize igihe yarazengereje igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abagifasha kurwana iyo ntambara.

Mu misozi ya Uvira, Fizi na Mwenga, habarizwa imitwe y’inyeshamba irimo FDLR, Maï Maï iyobowe na General Hamuri Yakutumba, Maï Maï Bishambuke ndetse n’indi, harimo kandi na Gumino yo kwa Colonel Alexis Nyamusaraba.

Ay’amakuru avuga ko uyu mutwe wa Gumino, i Kinshasa waserukiwe n’uwitwa Koboyi. Kuri ubu niyo aherereye aho yagiye gufata ayo mafaranga, ariko amasoko yacu akavuga ko izo faranga zizaja zihembwa abarwanyi bo muri iyo mitwe.

Mu kwezi gushize ahagana mu ntangiriro zako nibwo abarwanyi bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bo bageze i Kinshasa, barimo Col Gwido n’abandi, aho ndetse bakoranye ikiganiro gikomeye n’ubutegetsi bwa Kinshasa, mu gihe abaserukiye Gumino bo bahageze muri iki Cyumweru turimo, nk’uko iy’inkuru ibivuga.

         MCN.
Tags: Akayabo k'ifarangaGuminoImitwe ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa KinshasaMai Mai Bishambuke
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa, yavuze icyateye ingabo ze, kwigarurira agace ka Rubaya, ko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa, yavuze icyateye ingabo ze, kwigarurira agace ka Rubaya, ko mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?