• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y’Amerika.

minebwenews by minebwenews
May 1, 2024
in World News
0
Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y’Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, yemeye guha akayabo k’ifaranga abarwanyi ba Wazalendo barimo n’umutwe witwara gisirikare wa Gumino.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni amakuru ahamya ko Guverinoma ya Kinshasa, yemereye abarwanyi bose bakorera mu kwaha ku butegetsi bw’iyi leta, bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Ituri na Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amasoko yacu dukesha iy’inkuru abivuga.

Ay’amakuru akavuga ko imitwe y’itwaje imbunda ikorera mu misozi ya teritware ya Fizi, Uvira na Mwenga bazajya bahabwa amadolari y’Amerika angana n’ibihumbi ma kumyabiri n’abibiri.

Mu gihe Wazalendo bakorera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bo bemerewe arenze ayo, ngo kubera ko bari mu rugamba rwo guhangana na M23 igize igihe yarazengereje igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abagifasha kurwana iyo ntambara.

Mu misozi ya Uvira, Fizi na Mwenga, habarizwa imitwe y’inyeshamba irimo FDLR, Maï Maï iyobowe na General Hamuri Yakutumba, Maï Maï Bishambuke ndetse n’indi, harimo kandi na Gumino yo kwa Colonel Alexis Nyamusaraba.

Ay’amakuru avuga ko uyu mutwe wa Gumino, i Kinshasa waserukiwe n’uwitwa Koboyi. Kuri ubu niyo aherereye aho yagiye gufata ayo mafaranga, ariko amasoko yacu akavuga ko izo faranga zizaja zihembwa abarwanyi bo muri iyo mitwe.

Mu kwezi gushize ahagana mu ntangiriro zako nibwo abarwanyi bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bo bageze i Kinshasa, barimo Col Gwido n’abandi, aho ndetse bakoranye ikiganiro gikomeye n’ubutegetsi bwa Kinshasa, mu gihe abaserukiye Gumino bo bahageze muri iki Cyumweru turimo, nk’uko iy’inkuru ibivuga.

         MCN.
Tags: Akayabo k'ifarangaGuminoImitwe ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa KinshasaMai Mai Bishambuke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa, yavuze icyateye ingabo ze, kwigarurira agace ka Rubaya, ko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Perezida wa M23 Bertrand Bisimwa, yavuze icyateye ingabo ze, kwigarurira agace ka Rubaya, ko mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?