• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Imodoka yari itwaye imiti yabarwayi yerekeje muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika.

minebwenews by minebwenews
April 25, 2024
in World News
0
Imodoka yari itwaye imiti yabarwayi yerekeje muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imodoka yari yerekeje muri teritware ya Fizi itwaye imiti yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya 23/04/2024, nibwo imodoka yari fite ikimenyetso cya Biben, ubwo yavaga Uvira yerekeje muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Bavuze ko iy’i modoka yari itwaye imiti yabarwayi, ko kandi yari nfashanyo yatanzwe n’umuryango utegamiye kuri leta(medecin du monde Belgique).

Intandaro yiyo mpanuka bikaba byaravuye kukuba umuhanda nimero 5 warasenywe n’imvura iri mu kugwa ari ninshi muri ibyo bice.

Imodoka yakoze impanuka irohamye mu Kiyaga cya Tanganyika, ntiyarimo imiti gusa kuko yarimo n’ibikoresho byinshi by’ingirakamaro bikoreshwa mu barwayi.

Sosiyete sivile yo muri Grupema ya Tanganyika yemeje ay’amakuru, inahamagarira ubutegetsi bwa Kinshasa gukora ibishoboka byose igatunganya umuhanda nimero 5 wa Baraka-Uvira, aho yavuze ko wangiritse bikabije ko ndetse abagenzi kuri ubu bifashisha moto, kuko imodoka biragorana mu gihe uyu muhanda urimo amazi menshi.

Imvura ikabije yatangiye kuvugwa mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kane uyu mwaka. Bamwe mu baturage baturiye ibice byegereye i Kiyaga cya Tanganyika muri Uvira na Fizi bagiye bata izabo ku bera imyuzure yongeye kwa duka muri iyi minsi.

Ntacyo Sosiyete sivile yatangaje ku bantu bari muriyo Modoka yarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika. Gusa yatangaje ko imiti ya barwayi n’ibikoresho bikoreshwa kwa muganga byarohamye mu mazi.

          MCN.
Tags: FiziimitiImodokaUviraYarohamye mu Kiyaga cya Tanganyika
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango w’Abibumbye waburiwe ko u Burasirazuba bwa RDC, umutekano waho ukomeje kuzamba bityo bigakururira akarere kose umutekano muke.

Umuryango w'Abibumbye waburiwe ko u Burasirazuba bwa RDC, umutekano waho ukomeje kuzamba bityo bigakururira akarere kose umutekano muke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?