• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

minebwenews by minebwenews
August 4, 2024
in Regional Politics
0
Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ibihugu birimo Amerika n’u Bwongereza byasabye abaturage b’ibi bihugu byabo batuye muri Liban kuva muri iki gihugu nyuma y’uko ubushamirane bukomeje kwiyongera cyane mu karere k’u Burasirazuba bwo hagati.

Ambasade y’Amerika iherereye ku murwa mukuru Beirut muri Liban yasabye Abanyamerika gufata indege bagataha ngo kuko umutekano ukomeje kwifata nabi muri aka karere, kandi ko ibintu bishobora kuzamba umwanya uwariwo wose.

Iyi nama Abanyamerika bari guhabwa niyo n’Abongereza bagiriwe n’ambasade yabo iri muri Liban.

Igihugu cya Irana giheruka gusezeranya Israel kwihorera kigerekaho ko kizihorera bikomeye. Ibi bakaba barabivuze nyuma y’urupfu rw’umuyobozi w’umutwe wa Hamas Ismaïl Haniyel wishwe ku wa Gatatu mu murwa mukuru i Tehran muri Iran.

Iyicwa rye ryabaye hashize amasaha make Israel yishe komanda Fuad Shukr wo muri Hezbollah mu gitero i Beirut.

Ibi byatumye haba ubwoba kubera ko umutwe wa Hezbollah wo muri Liban, ufashwa na Iran, ushobora kugira uruhare rukomeye muri uko kwihorera, ibyo nabyo bikaba bishobora gutuma haba intambara na Israel ikaze.

Hezbollah ivuga ko komanda wayo ko yiciwe mu gitero cya Israel cyakozwe ku itariki 1/08/2024, nyuma gato umuyobozi wafatwaga nk’uwikirenga mu mutwe wa Hamas yishwe.

Gusa, Israel yo ivuga ko umukuru w’umutwe wa Hezbollah yiciwe mu gitero cyakozwe mu kwezi kwa Karindwi.

Kandi ko ku itariki ya 01/08/2024, uyu mutwe wa Hezbollah wo hereje ibisasu bya rokete bibarirwa muri za mirongo ku mujyi wa Beit Hillel mu majyaruguru ya Israel.

Muri icyo gihe byatangajwe ko ubwirinzi bwa Israel bwahagaritse ibyo bisasu kuko nta numuntu byigeze bikomeretsa cyangwa ngo bimwice.

Si Amerika n’u Bwongereza byonyine byaburiye abantu babo kuva muri Liban ahubwo na Canda nayo yasabye abayo kuva muri iki gihugu.

Mu gihe u Bwongereza bwo bwanatangaje ko bugiye kohereza abasirikare babwo n’abategetsi bo ku rwego rw’umutekano ku mupaka ngo bufashe mu guhungisha abaturage babikenera, kandi iki gihugu kikaba kiri guhatiriza abantu kuva muri Liban mu gihe indege z’ubucuruzi zikiriko zigenda.

U Bufaransa bwo bwahise buha inama ababo bari muri Liban kuhava vuba ngo kandi byihuse.

Hagati aho muri Gaza, abantu bakomeje kwikanga ibitero byo mu kirere aho batinya ko Israel igiye gukaza ingufu mu kugaba ibitero karundura ku banzi bayo.

               MCN.
Tags: Babo kuva LibanBiri kuburira abantuIbihugu bikomeyeImpamvu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
M23, nyuma yogufata Ishasha yabwiye abaturage iki giye gukurikiraho.

M23, nyuma yogufata Ishasha yabwiye abaturage iki giye gukurikiraho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?