Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 4, 2024
in Regional Politics
0
Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibihugu birimo Amerika n’u Bwongereza byasabye abaturage b’ibi bihugu byabo batuye muri Liban kuva muri iki gihugu nyuma y’uko ubushamirane bukomeje kwiyongera cyane mu karere k’u Burasirazuba bwo hagati.

Ambasade y’Amerika iherereye ku murwa mukuru Beirut muri Liban yasabye Abanyamerika gufata indege bagataha ngo kuko umutekano ukomeje kwifata nabi muri aka karere, kandi ko ibintu bishobora kuzamba umwanya uwariwo wose.

Iyi nama Abanyamerika bari guhabwa niyo n’Abongereza bagiriwe n’ambasade yabo iri muri Liban.

Igihugu cya Irana giheruka gusezeranya Israel kwihorera kigerekaho ko kizihorera bikomeye. Ibi bakaba barabivuze nyuma y’urupfu rw’umuyobozi w’umutwe wa Hamas Ismaïl Haniyel wishwe ku wa Gatatu mu murwa mukuru i Tehran muri Iran.

Iyicwa rye ryabaye hashize amasaha make Israel yishe komanda Fuad Shukr wo muri Hezbollah mu gitero i Beirut.

Ibi byatumye haba ubwoba kubera ko umutwe wa Hezbollah wo muri Liban, ufashwa na Iran, ushobora kugira uruhare rukomeye muri uko kwihorera, ibyo nabyo bikaba bishobora gutuma haba intambara na Israel ikaze.

Hezbollah ivuga ko komanda wayo ko yiciwe mu gitero cya Israel cyakozwe ku itariki 1/08/2024, nyuma gato umuyobozi wafatwaga nk’uwikirenga mu mutwe wa Hamas yishwe.

Gusa, Israel yo ivuga ko umukuru w’umutwe wa Hezbollah yiciwe mu gitero cyakozwe mu kwezi kwa Karindwi.

Kandi ko ku itariki ya 01/08/2024, uyu mutwe wa Hezbollah wo hereje ibisasu bya rokete bibarirwa muri za mirongo ku mujyi wa Beit Hillel mu majyaruguru ya Israel.

Muri icyo gihe byatangajwe ko ubwirinzi bwa Israel bwahagaritse ibyo bisasu kuko nta numuntu byigeze bikomeretsa cyangwa ngo bimwice.

Si Amerika n’u Bwongereza byonyine byaburiye abantu babo kuva muri Liban ahubwo na Canda nayo yasabye abayo kuva muri iki gihugu.

Mu gihe u Bwongereza bwo bwanatangaje ko bugiye kohereza abasirikare babwo n’abategetsi bo ku rwego rw’umutekano ku mupaka ngo bufashe mu guhungisha abaturage babikenera, kandi iki gihugu kikaba kiri guhatiriza abantu kuva muri Liban mu gihe indege z’ubucuruzi zikiriko zigenda.

U Bufaransa bwo bwahise buha inama ababo bari muri Liban kuhava vuba ngo kandi byihuse.

Hagati aho muri Gaza, abantu bakomeje kwikanga ibitero byo mu kirere aho batinya ko Israel igiye gukaza ingufu mu kugaba ibitero karundura ku banzi bayo.

               MCN.
Tags: Babo kuva LibanBiri kuburira abantuIbihugu bikomeyeImpamvu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
M23, nyuma yogufata Ishasha yabwiye abaturage iki giye gukurikiraho.

M23, nyuma yogufata Ishasha yabwiye abaturage iki giye gukurikiraho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?