Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Impamvu y’iyicwa ry’abasirikare babiri baguye kansayo(Camp Saio) yamenyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2024
in World News
0
Impamvu y’iyicwa ry’abasirikare babiri baguye kansayo(Camp Saio) yamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu y’iyicwa ry’abasirikare babiri baguye kansayo(Camp Saio) yamenyekanye.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ni bikubiye mu butumwa bwanditse bwahawe MCN, buvuga ko umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Captain n’undi ufite ipeti rya Lieutenant bishwe barashwe nyuma yuko babanje kuja impaka bapfa umugore.

Ubu butumwa bwanditse buvuga ko “uyu musirikare ufite ipeti rya Captain yageze Kansayo ahunze intambara abasirikare ba leta bahanganyemo na M23 muri Minova, ageze Kansayo asanga umugore we yacuwe n’uyu musirikare bapfanye ufite ipeti rya Lieutenant.”

Nyuma y’uko uyu Captain yasanze mugenzi we yaramucuriye umugore bagiye impaka zirimo uburakari bwinshi, bityo haje kuza undi musirikare wa FARDC nawe ufite ipeti rya Captain wari usanzwe akorera muri aka gace ka Kansayo abagezeho asanga barimo baratongana cyane, niko guhita abarasa bombi bapfira aho.

Uyu musirikare wishe bariya basirikare babiri azwi ku mazina ya Captain Jean Ngoy M’ngo. Kandi nyuma y’uko abishe yahise atabwa muri yombi kugira ngo aryozwe ibyo yakoze.

Nubwo iki gikorwa gisa nigitangaje ariko ngo sigishitsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuko ibi byagiye biba inshuro nyinshi, kandi bikabera mu bice byinshi bitandukanye byo muri iki gihugu.

               MCN.
Tags: Camp SaioImpamvu y'iyicwa ry'abasirikare babiriKansayoYamenyekanye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye amakuru mabi y’abantu bo mu muryango umwe bishwe n’inkongi y’umuriro i Bukavu.

Hamenyekanye amakuru mabi y'abantu bo mu muryango umwe bishwe n'inkongi y'umuriro i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?