Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu yiyirukanwa ry’abasirikare ba Afrika y’Epfo ku butaka bwa RDC yamenyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 24, 2024
in Regional Politics
0
Impamvu yiyirukanwa ry’abasirikare ba Afrika y’Epfo ku butaka bwa RDC yamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu yiyirukanwa ry’abasirikare ba Afrika y’Epfo ku butaka bwa RDC yamenyekanye.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Bikubiye mu butumwa bwatanzwe na Stephane Dujarric, umuvugizi w’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, aho yavuye ko bakiriye raporo ivuga ko “abasirikare bahagaritswe bajaga mu buturage ku basambanya.”

Mu kiganiro Dujarric yahaye itangaza makuru yagaragaje ko nyuma y’uko umuryango w’Abibumbye umaze kumenya amakuru ko hari abasirikare ba MONUSCO bo muri Afrika y’Epfo bari mukwitwara nabi mu butumwa barimo bwo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hafashwe umwanzuro wo kubirukana.

Nk’uko yakomeje abisobanura, yavuze ko bariya basirikare bajaga gusambanya abagore kandi ko bagera naho bafata kungufu. Anavuga kandi ko hageze naho abasirikare bashinzwe imyitwarire(discipline) ko basuye ibyo bice abasirikare bagenzi babo bakoreragamo urwo rugomo, basanga ibivugwa ari ukuri.”

Amakuru ava mu gihugu cya Afrika y’Epfo yo avuga ko iperereza ry’igisirikare cyo muri iki gihugu, ryakurikiranye ibyo ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri RDC rivuga ku basirikare babo, basanga ibyo aba basirikare bakoze baragaragaje imyitwarire mibi.

Kuri ubu Monusco ikaba yamaze gushira itangazo hanze ryamaganye iyo myitwarire idahwitse ku bakozi ba LONI.

Ubuyobozi bushinze itumanaho muri SANDF bwavuze ku mabwiriza agenga ibirindiro by’ingabo zabo, ibashinja icyaha cyo kurenza amasaha yo gutaha. Aba basirikare bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare, ahantu hatatangajwe, ariko ngo birashoboka ko hari mu nyubako y’umujyi wa Tshaba Tshwane hagati y’ukwezi kwa Cumi n’abiri no mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka turimo.

Byanavuzwe kandi ko abahamwe n’icyo cyaha bahanishwijwe gufungwa iminsi 90 kugeza ku 240.
no gutanga amande ya 4000.

               MCN.
Tags: birukanweSANDFUbusambanyi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Hari byavuzwe ku biganiro biteganyijwe guhuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hari byavuzwe ku biganiro biteganyijwe guhuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?