• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impamvu yiyirukanwa ry’abasirikare ba Afrika y’Epfo ku butaka bwa RDC yamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2024
in Regional Politics
0
Impamvu yiyirukanwa ry’abasirikare ba Afrika y’Epfo ku butaka bwa RDC yamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impamvu yiyirukanwa ry’abasirikare ba Afrika y’Epfo ku butaka bwa RDC yamenyekanye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bikubiye mu butumwa bwatanzwe na Stephane Dujarric, umuvugizi w’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, aho yavuye ko bakiriye raporo ivuga ko “abasirikare bahagaritswe bajaga mu buturage ku basambanya.”

Mu kiganiro Dujarric yahaye itangaza makuru yagaragaje ko nyuma y’uko umuryango w’Abibumbye umaze kumenya amakuru ko hari abasirikare ba MONUSCO bo muri Afrika y’Epfo bari mukwitwara nabi mu butumwa barimo bwo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hafashwe umwanzuro wo kubirukana.

Nk’uko yakomeje abisobanura, yavuze ko bariya basirikare bajaga gusambanya abagore kandi ko bagera naho bafata kungufu. Anavuga kandi ko hageze naho abasirikare bashinzwe imyitwarire(discipline) ko basuye ibyo bice abasirikare bagenzi babo bakoreragamo urwo rugomo, basanga ibivugwa ari ukuri.”

Amakuru ava mu gihugu cya Afrika y’Epfo yo avuga ko iperereza ry’igisirikare cyo muri iki gihugu, ryakurikiranye ibyo ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri RDC rivuga ku basirikare babo, basanga ibyo aba basirikare bakoze baragaragaje imyitwarire mibi.

Kuri ubu Monusco ikaba yamaze gushira itangazo hanze ryamaganye iyo myitwarire idahwitse ku bakozi ba LONI.

Ubuyobozi bushinze itumanaho muri SANDF bwavuze ku mabwiriza agenga ibirindiro by’ingabo zabo, ibashinja icyaha cyo kurenza amasaha yo gutaha. Aba basirikare bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare, ahantu hatatangajwe, ariko ngo birashoboka ko hari mu nyubako y’umujyi wa Tshaba Tshwane hagati y’ukwezi kwa Cumi n’abiri no mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka turimo.

Byanavuzwe kandi ko abahamwe n’icyo cyaha bahanishwijwe gufungwa iminsi 90 kugeza ku 240.
no gutanga amande ya 4000.

               MCN.
Tags: birukanweSANDFUbusambanyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hari byavuzwe ku biganiro biteganyijwe guhuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hari byavuzwe ku biganiro biteganyijwe guhuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?