• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
July 11, 2024
in World News
0
Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

N’ejo hashize igihe c’isaha z’igitondo, nibwo imirwano y’ubuye mu buryo bukomeye hagati ya M23 n’igisirikare kirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice biherereye muri teritware ya Masisi.

Iy’i mirwano, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga, yabereye mu gace ka Nyange na Nyabibwe biherereye muri Grupema ya Bashali-Mokoto, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ay’amasoko anavuga ko iyi mirwano yaje gusiga umutwe wa M23 usubije ibyo bitero inyuma byari byagabwe n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ndetse kandi unirukana iri huriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa mu nkengero z’utwo duce.

Muri urwo rugamba rwabaye kuri uyu wa Gatatu, rwumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito, nk’uko amasoko yacu akomeza abivuga.

Imirwano yatangiye igihe z’igitondo igeza ku mugoroba wajoro.

Hagati aho urwo rugamba rwabaye mu gihe hari hashize iminsi itandatu ya gahenge kasabwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Amerika mugusaba aka gahenge yavuze ko kazamara iminsi icumi nine, kandi ko kasabwe mu rwego rwo kugira ngo haboneke ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bakuwe mubyabo, ndetse no kubandi bashaka gusubira mu Mihana yabo.

            MCN.
Tags: BibweIhuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaIntambaraM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Israel cyagaragaje agace kagiye guhinduka isibaniro ry’intambara.

Igisirikare cya Israel cyagaragaje agace kagiye guhinduka isibaniro ry'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?