Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 11, 2024
in World News
0
Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impande zihanganye zarenze ku masezerano zirwana urugamba rukomeye muri teritware ya Masisi.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

N’ejo hashize igihe c’isaha z’igitondo, nibwo imirwano y’ubuye mu buryo bukomeye hagati ya M23 n’igisirikare kirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice biherereye muri teritware ya Masisi.

Iy’i mirwano, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga, yabereye mu gace ka Nyange na Nyabibwe biherereye muri Grupema ya Bashali-Mokoto, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ay’amasoko anavuga ko iyi mirwano yaje gusiga umutwe wa M23 usubije ibyo bitero inyuma byari byagabwe n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ndetse kandi unirukana iri huriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa mu nkengero z’utwo duce.

Muri urwo rugamba rwabaye kuri uyu wa Gatatu, rwumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito, nk’uko amasoko yacu akomeza abivuga.

Imirwano yatangiye igihe z’igitondo igeza ku mugoroba wajoro.

Hagati aho urwo rugamba rwabaye mu gihe hari hashize iminsi itandatu ya gahenge kasabwe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Amerika mugusaba aka gahenge yavuze ko kazamara iminsi icumi nine, kandi ko kasabwe mu rwego rwo kugira ngo haboneke ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bakuwe mubyabo, ndetse no kubandi bashaka gusubira mu Mihana yabo.

            MCN.
Tags: BibweIhuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaIntambaraM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Israel cyagaragaje agace kagiye guhinduka isibaniro ry’intambara.

Igisirikare cya Israel cyagaragaje agace kagiye guhinduka isibaniro ry'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?