Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impande zishyamiranye mu Burasirazuba bwa RDC (M23 na Kinshasa), zagize icyo zumvikanaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 5, 2024
in Regional Politics
0
Impande zishyamiranye mu Burasirazuba bwa RDC (M23 na Kinshasa), zagize icyo zumvikanaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impande zishyamiranye mu Burasirazuba bwa RDC (M23 na Kinshasa), zagize icyo zumvikanaho.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aho ivuga ko yishimiye ko leta ya Kinshasa n’umutwe wa M23 bemeranyije gutanga agahenge ki minsi icumi nine.

Ibi byatangajwe ku munsi w’ejo hashize, n’ibiro by’u mukuru w’igihugu wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (White House), byavuze ko impande zihanganye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, zemeye guhagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri, kandi ko uko guhagarika bigomba gutangira saa sita z’ijoro kuri uyu wa Gatanu tariki ya 05/07/2024 bikazageza ku ya 19/07/2024.

Ibi bikozwe mu gihe imirwano imaze iminsi iba mu bice byo mu Ntara ya Kivu Yaruguru, ndetse iyo mirwano ikaba yaratumye abarenga miliyoni 1,7 bahunga ingo zabo, mu gihe Kugeza ubu izi mvururu zimaze gutuma abavuye mu byabo mu gihugu hose barenga miliyoni 7,2.

White House yatangaje kandi ko uko guhagarika intambara kunagamije gutuma abaturage bavuye mu byabo, babisubiramo mu mahoro kandi n’ibikorwa by’ubutabazi bahabwa bikorohera ababikora.

Mu itangazo ry’umuvugizi w’urwego rushinzwe umutekano muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Adrienne Watson, yagize ati: “Iza muka ry’imirwano muri Kivu Yaruguru, ryakomye mu nkokora ibikorwa by’u butabazi, bituma ababikora batagera ku baturage babarirwa mu bihumbi bari mu nkambi bacumbitsemo mu bice bya Kanyabayonga no ku bantu ibihumbi 100 bavuye mu byabo.”

Amerika kandi yavuze ko Guverinoma ya Kinshasa n’iya Kigali zishyigikiye ubu bwumvikane bugamije guha agahenge abaturage bugarijwe n’ibibazo biva ku ntambara.

Aka gahenge kemeranijweho nyuma y’uko umutwe wa M23 ufashe ibindi bice byo muri teritware ya Lubero, birimo Kanyabayonga, Kirumba, Miriki na Kayina, ndetse n’utundi duce two muri yi teritware, tugize igihe tuberamo imirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, ririmo FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, Wazalendo, na SADC.

           MCN.
Tags: Bagize icyo bemeranyahoKinshasaM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak yeguye.

Minisitiri w'intebe w'u Bwongereza, Rishi Sunak yeguye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?