Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impinduka mu i Shyaka rya AFC, ya Corneille Nangaa, igamije gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Félix Tshilombo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 24, 2024
in Regional Politics
0
Impinduka mu i Shyaka rya AFC, ya Corneille Nangaa, igamije gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Félix Tshilombo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibishya muri AFC ya Corneille Nangaa, igamije gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni mu Nama idasanzwe yahuje ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, ikaba yarabaye tariki ya 22/02/2024, maze baza gukora impinduka mu buyobozi bwaryo, nk’uko byashizwe mu itangazo iryo huriro bashize hanze mu ijoro ryo k’uwa Kane, rishira ku wa Gatanu, tariki ya 23/02/2024.

Iri tangazo ribivuga ko i Nama yakoze izo mpinduka, yari mu rwego rwa politike, n’igisirikare, ikaba yari igamije ko ngera guha umurongo n’icyerekezo iri huriro rirwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo.

Nk’uko iryo tangazo ribivuga Corneille Nangaa niwe wabaye umuhuza bikorwa mu bya politike, naho Major Gen Sultan Makenga agirwa uhagarariye ibikorwa bya gisirikare, mu gihe Berterand Bisimwa, usanzwe ari perezida wa M23, we yabaye umuhuza bikorwa w’ungirije mu bya politike na diplomasi. Iyo Nama yongeye kwemeza Benjamin Mbonimpa nk’u munyamabanga uhoraho aho azaba y’ungirijwe na Adam Chalwe Mukuntu.

Itangazo rivuga ko ubu bunyamabanga bugomba kugenzura komisiyo zikurikira:

“Komisiyo ishinzwe politike na diplomasi, ubukungu, imari, Mobilisation, kurema ingenga bitekerezo nishirwa mu bikorwa n’iterambere”

Harimo kandi “komisiyo y’ubutabera, imibereho myiza n’uburengenzira bwa muntu.”

Naho komisiyo y’itumanaho yahawe kuyoborwa na Lawrence Kanyuka.

Itangazo risoza rivuga ko AFC yemeje gushiraho urwego rwa komisiyo ishinzwe amahoro, ubwiyunge no kubana mu mahoro, kugira ngo hazabe gucyura abavanwe mu byabo n’intambara, no gutahukana impunzi zahungiye hanze ya Congo.

            MCN.
Tags: Akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Tshisekedi TshilomboCornelle NangaaImpinduka mu i shyaka rya AFC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa ihonyangwa rikomeye ry’ikiremwa muntu, rikorerwa u bwoko bw’Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Haravugwa ihonyangwa rikomeye ry'ikiremwa muntu, rikorerwa u bwoko bw'Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?