• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impinduka zabaye mu mihembere y’abasirikare ba RDC yatumye bamwenyura.

minebwenews by minebwenews
March 30, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa ku irasana ryabaye hagati y’abasirikare  n’abapolisi i Kinshasa.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impinduka zabaye mu mihembere y’abasirikare ba RDC yatumye bamwenyura.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo( FARDC), zahembewe kuri bank bitandukanye nuko byari bisanzwe, ubundi kandi umushahara wabo wikuba inshuro 2.

Ni ku wa gatanu tariki ya 28/03/2025, ni bwo abasirikare ba RDC bahembwe umushahara w’ukwezi kwa gatatu basanga bitandukanye nuko byari bisanzwe, kuko bazifatiye kuri bank .

Abari basanzwe bahembwa 100 $ ku kwezi zikumbye kabiri, kimwe kandi n’izo abapolisi bahawe.

Muri aya mafaranga agera ku bihumbi 504 y’amanye-Congo, umusirikare azajya basha guhahira urugo rwe ndetse kandi agire n’ayo asagura.

Amakuru avuga ko aba basirikare bahembewe kuri bank Boa iherereye muri komine ya Ndjili i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC.

Si abasirikare bahembwe menshi gusa, kuko n’abapolisi nabo zari kubye, ni mu gihe bose basohokaga muri iyo bank bishimiye ubutegetsi bwabahaye agaciro.

Ibi bikaba byaratumye abasirikare n’abapolisi bagirira Leta yabo icyizere, kuko basohokaga muri iyo bank bari kumwenyura.
Ubundi kandi bizeye ko leta yabo izakomeza gukora icyatuma imibireho yabo irushaho kuba myiza.

Minisiteri y’imari muri RDC yasohoye itangazo ivuga kuri izi mpinduka, ishimira perezida Felix Tshisekedi icyo gikorwa yakoze bise cy’amateka.

Iryo tangazo rivuga ko umusirikare cyo kimwe n’umupolisi wahawe agaciro azarushaho kongera imbaraga mu kazi ke, cyane muri iki gihe ubutegetsi buhanganye n’umutwe wa m23 mu Burasizuba bwa Congo.

Ibyo Leta ibikoze mu gihe mu minsi ishyize abasirikare bagiye bagaragazaga ko imibireho yabo itifashe neza, ndetse bakagaragaza ko abacanshuro n’izindi ngabo Congo yitabaje bahembwa menshi kurusha abenegihugu.

Kuzamura umushahara w’abasirikare ba Leta y’i Kinshasa, ntawamenya ko bizatuma bigira izindi mpinduka mu kurwanya m23 iyo iki gihugu gifata nk’umwanzi wacyo mukuru.

Tags: FardcRdcUmushahara
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyatangajwe na minisitiri w’ubatabera wa RDC, byafashwe nko “kwihakirizwa.”

Ibyatangajwe na minisitiri w'ubatabera wa RDC, byafashwe nko "kwihakirizwa."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?