Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impinduka zakozwe muri leta ya Uganda, ba mwe mubategetsi ba Uganda bazise ikinyoma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 11, 2024
in Regional Politics
0
Impinduka zakozwe muri leta ya Uganda, ba mwe mubategetsi ba Uganda bazise ikinyoma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni ya koze impinduka mu butegetsi bwe, mu buryo bwiswe ko budasanzwe.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Izi mpinduka zashizwe hanze tariki ya 09/02/2024, bikavugwa ko byakozwe mu buryo bw’impanuka, n’ibiro bya perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni.

Mu makuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya Chimp Reports cyo muri Uganda kivuga ko iz’i mpinduka zatangiye gukorwa mu mpera z’u mwaka ushize wa 2023.

Iki Kinyamakuru cyemeza ko Gen Katumba Eduard Wamala wari usanzwe ari minisitiri w’u murimo n’u bwikorezi ko yazamuwe mu ntera, agirwa visi perezida, akaba atsimbuye Major Jessica Alupo.

Uwitwa Gen David Muhoozi wari umunyamabanga mukuru wa leta mu by’umutekano w’imbere mu gihugu, yagizwe minisitiri w’intebe, atsimbuye Hon Robin Nabbanja.

Ni mugihe kandi Hon Frank Tumwebaze wari minisitiri w’ubuhinzi yagizwe minisitiri w’ubutaka , ibyo yarasanzwe ahagarariye bihabwa kuyoborwa na Zihabwa Betty Amongi wari usanzwe ari minisitiri w’u buringanire, aho nawe yatsimbuwe na Parsis Namuganganza.

Uru rutonde rwashizwe hanze na perezidensi runerekana ko Gen Kale Kayihura wigeze kuba umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda ko yagizwe minisitiri ushinzwe amazi n’ibidukikije, mugihe Lt Gen James Mugira yagizwe umunyabanga wa leta ushinzwe ubucuruzi.

Ruth Nankabirwa wari minisitiri w’ingufu we, yagizwe umuyobozi uhagarariye Guverinoma mu nteko nshinga amategeko, asimbuye Dennis Obua wagizwe umunyabanga wa leta muri minisiteri y’Amazi n’ibidukikije.

Naho uwitwa Vincent Bamulangaki Ssempijja wari minisitiri w’ingabo yakuweho, Gen Wilson Mbandi wari umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda agirwa minisitiri w’u mutekano.

N’ubwo izi mpinduka zashizwe hanze n’ibiro bya perezidansi ya Uganda, ariko umuvugizi w’u ngirije wa Perezida wa Uganda, Farouk Kirunda yasabye abaturage ba Uganda kudaha agaciro amakuru y’impinduka muri Guverinoma yabo, ndetse yemeza ko ziriya mpinduka zitigeze zibaho.

Bruce Bahanda.

Tags: ImpindukaUgandaZiswe ikinyoma
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba rwo kuriki Cyumweru, narwo rwari rukaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC.

Urugamba rwo kuriki Cyumweru, narwo rwari rukaze hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?