• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impinduka zakozwe muri leta ya Uganda, ba mwe mubategetsi ba Uganda bazise ikinyoma.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
0
Impinduka zakozwe muri leta ya Uganda, ba mwe mubategetsi ba Uganda bazise ikinyoma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni ya koze impinduka mu butegetsi bwe, mu buryo bwiswe ko budasanzwe.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Izi mpinduka zashizwe hanze tariki ya 09/02/2024, bikavugwa ko byakozwe mu buryo bw’impanuka, n’ibiro bya perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni.

Mu makuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya Chimp Reports cyo muri Uganda kivuga ko iz’i mpinduka zatangiye gukorwa mu mpera z’u mwaka ushize wa 2023.

Iki Kinyamakuru cyemeza ko Gen Katumba Eduard Wamala wari usanzwe ari minisitiri w’u murimo n’u bwikorezi ko yazamuwe mu ntera, agirwa visi perezida, akaba atsimbuye Major Jessica Alupo.

Uwitwa Gen David Muhoozi wari umunyamabanga mukuru wa leta mu by’umutekano w’imbere mu gihugu, yagizwe minisitiri w’intebe, atsimbuye Hon Robin Nabbanja.

Ni mugihe kandi Hon Frank Tumwebaze wari minisitiri w’ubuhinzi yagizwe minisitiri w’ubutaka , ibyo yarasanzwe ahagarariye bihabwa kuyoborwa na Zihabwa Betty Amongi wari usanzwe ari minisitiri w’u buringanire, aho nawe yatsimbuwe na Parsis Namuganganza.

Uru rutonde rwashizwe hanze na perezidensi runerekana ko Gen Kale Kayihura wigeze kuba umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda ko yagizwe minisitiri ushinzwe amazi n’ibidukikije, mugihe Lt Gen James Mugira yagizwe umunyabanga wa leta ushinzwe ubucuruzi.

Ruth Nankabirwa wari minisitiri w’ingufu we, yagizwe umuyobozi uhagarariye Guverinoma mu nteko nshinga amategeko, asimbuye Dennis Obua wagizwe umunyabanga wa leta muri minisiteri y’Amazi n’ibidukikije.

Naho uwitwa Vincent Bamulangaki Ssempijja wari minisitiri w’ingabo yakuweho, Gen Wilson Mbandi wari umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda agirwa minisitiri w’u mutekano.

N’ubwo izi mpinduka zashizwe hanze n’ibiro bya perezidansi ya Uganda, ariko umuvugizi w’u ngirije wa Perezida wa Uganda, Farouk Kirunda yasabye abaturage ba Uganda kudaha agaciro amakuru y’impinduka muri Guverinoma yabo, ndetse yemeza ko ziriya mpinduka zitigeze zibaho.

Bruce Bahanda.

Tags: ImpindukaUgandaZiswe ikinyoma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba rwo kuriki Cyumweru, narwo rwari rukaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC.

Urugamba rwo kuriki Cyumweru, narwo rwari rukaze hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?