• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye i Burundi zagaragarije ubutegetsi bw’i Kinshasa ko zishoboye kumaraho AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2025
in Regional Politics
0
Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye i Burundi zagaragarije ubutegetsi bw’i Kinshasa ko zishoboye kumaraho AFC/M23.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye i Burundi zagaragarije ubutegetsi bw’i Kinshasa ko zishoboye kumaraho AFC/M23.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abembe n’Abapfulero bahungiye mu nkambi y’i mpunzi ya Gasogwe basabye ubutegetsi bw’i Kinshasa kubaha intwaro bakaja kurwanya ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho ngo niba perezida Felix Tshisekedi yarananiwe kurirwanya.

Inkambi y’impunzi ya Gasogwe iherereye mu ntara y’i Muyinga mu Burasizuba bw’u Burundi.

Iyi nkambi icyumbikiye impunzi z’Abanye-Congo ahanini zaturutse muri Kivu y’Amajyepfo zibarirwa mu bihumbi 10 birenga.

Ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 18/04/2025, ni bwo muri iyi nkambi hageze delegation ivuye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ikaba yaririmo abayobozi batandukanye n’abandi baserukiye ambasade yabo(Congo) i Bujumbura. Akarusho hari n’intumwa ya minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi.

Nyuma iyi delegation yabwiye izi mpunzi ikiyigenza, ibagaragariza kwari ukuzisura no kumva ibibazo zifite.

Ubwo izi mpunzi zahabwaga kubaza no kuvuga ibyifuzo byazo, zabwiye iyo delegation ivuye muri RDC n’intumwa ya minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi kubabariza perezida Felix Tshisekedi niba yarananiwe kurwanya M23, mu gihe yaba yarananiwe bidasubirwaho bo akabaha intwaro bakaja kuyirwanya, ngo kuko bafite ubushobozi bwo kuyimaraho.

Uwo izi mpunzi zahaye ijambo kugira ngo azivugire ibyifuzo byazo yagize ati: “Mwubahwa ntumwa ya minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi namwe ntumwa za Congo, mudushikirize ubutumwa kwa perezida Felix Tshisekedi, buvuga ngo: ‘niba yarananiwe kurwanya M23 twebwe turahari tuzayirwanya kandi tuyimareho,’ aduhe intwaro n’inzira twambuke. Ibindi azabiturekere.”

Izi mpunzi zakomeje zigaragariza iriya delegation ko igihe cyose zo ziteguye kwambuka mu Burasizuba bwa Congo kurwana no gufasha igisirikare cya RDC.

Ubundi kandi zavuze ko perezida Felix Tshisekedi wa Congo yitwa “Beton,” bityo ngwagomba gukora uko izina rye risobanura.

Muri izi impunzi hari iyavuze ko yo ifite ubushobozi bwo kwica abarwanyi ba M23 10 mu minota mike, ndetse ko yanamaraho bose icyarimwe.

Izi mpunzi zisabye ubutegetsi bw’i Kinshasa kubaha kurwanya M23 mu gihe uyu mutwe umaze kwigarurira igice kinini cy’u Burasizuba bw’iki gihugu, kuko ufite intara ya Kivu y’Amajyaruguru hafi ya yose, n’igice kinini cy’intara ya kivu y’Amajyepfo. Ni mu gihe ugenzura umujyi wa Bukavu n’uwa Goma n’ibice byinshi bigize izo ntara.

Tags: GasogweImpunziM23
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za SADC zagize icyo zivuga kubyo AFC/M23 izishinje byo kugaba ibitero i Goma.

Rwanda Grants Passage for Stranded SADC Troops in Goma to Return Home Overland

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?