Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu mahanga zahanuriwe kw’itegura gutaha.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 8, 2024
in Religion
0
Impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu mahanga zahanuriwe kw’itegura gutaha.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impunzi z’Abanyekongo ziherereye mu mahanga za hanuriwe gutaha iwabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Ni ubuhanuzi bwatanzwe hakoreshejwe Audio ikoze mu minota itanu, uwatanze ubu buhanuzi ni Chef Munyakazi Rutambwe Lawi wa 4, yagize ati: “Ubuhanuzi Imana irabuduha ariko nti tubwira isaha bizaberaho, nti natubwira igihe, ariko Imana ikadutegeka ku bibwira Abantu.”

“Umuntu yarampamagaye anyereka ibipfuko bi biri bihagaze, maze uwo Muntu arambaza ati uzi ibiri muri biriya bipfuko? Nanjye ati ntabyo nzi, ariko na bonaga ari ibipfuko bisa na birya bagurishirizamo amakara. Nyuma uwo Muntu yaje kunyereka bya bipfuko y’abihagaritse ahantu hasa no kukibuga cy’umupira w’amaguru kandi hari abantu benshi bamwe na bonaga mbazi abandi nta bazi.”

“Uwo Muntu yantegetse kubwira abantu bari kuri cya k’ibuga cy’umupira w’amaguru gupfukumura ibiri muri bya bipfuko, umupfuko umwe uzamo imyambaro munsi yimyambaro hari amahema abiri. Mbwibwa kongera kubwira uwapfukumuye gutekera ibyari muri yamipfuko kongera ku bitekeye, kandi mu gutekera abanze amahema imbere abone gukurikizaho imyambaro. Umupfuko wa kabiri nawo bavanamo ibyarimo dusanga harimo amasahani n’imyoko n’a masafuriya.”

“Nyuma wa Muntu yantegetse kubwira abantu ngo bakore imirongo maze haza kuza ama Modoka menshi binjiramo za Modoka zitugeza ahantu hari ikibuga cy’i ndege, n’abonaga ari indege za MONUSCO, za ndege zatugejeje i Gahororo mu Marungu, tuvuye mu Marungu, za ndege zitujana mu Bijombo, nyuma ya Bijombo zitugeza mu Mikenke na Minembwe, mvuye mu Minembwe njya iwanjye mu Bibogobogo.”

Umuhanuzi maze asoza avuga ko Imana yamutegetse ku bwira Impunzi kugura imipfuko yo kw’itegura gutaha.

Ati: “Imana yantegetse kubwira Impunzi kw’itegura gutaha, kandi irambwira ngo bagure imipfuko bayicarane baze bahora bari maso gutaha ngo kandi gutaha sikera.”

Umuhanuzi Rutambwe Lawi, twabwiwe ko ahagana mu mwaka w’1996 yahanuriye abaturiye imisozi miremire y’Imulenge ko bagiye kubona ubutabazi avuga ko ubwo butabazi buzabonekera ku ‘Kanihura,’ bya vuzwe ko ubwo butabazi bwaje kuboneka nyuma yamezi abiri.

Ubu buhanuzi bwaje mugihe imirwano yongeye gukomera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Kimweho M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Iy’i mirwano yongeye gutuma abaturage bahunga k’ubwinshi.

Bruce Bahanda.

Tags: Impunzi z'AbanyekongoZahanuriwe kw'itegura gutaha
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry'amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?