• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu mahanga zahanuriwe kw’itegura gutaha.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2024
in Religion
0
Impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu mahanga zahanuriwe kw’itegura gutaha.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Impunzi z’Abanyekongo ziherereye mu mahanga za hanuriwe gutaha iwabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ni ubuhanuzi bwatanzwe hakoreshejwe Audio ikoze mu minota itanu, uwatanze ubu buhanuzi ni Chef Munyakazi Rutambwe Lawi wa 4, yagize ati: “Ubuhanuzi Imana irabuduha ariko nti tubwira isaha bizaberaho, nti natubwira igihe, ariko Imana ikadutegeka ku bibwira Abantu.”

“Umuntu yarampamagaye anyereka ibipfuko bi biri bihagaze, maze uwo Muntu arambaza ati uzi ibiri muri biriya bipfuko? Nanjye ati ntabyo nzi, ariko na bonaga ari ibipfuko bisa na birya bagurishirizamo amakara. Nyuma uwo Muntu yaje kunyereka bya bipfuko y’abihagaritse ahantu hasa no kukibuga cy’umupira w’amaguru kandi hari abantu benshi bamwe na bonaga mbazi abandi nta bazi.”

“Uwo Muntu yantegetse kubwira abantu bari kuri cya k’ibuga cy’umupira w’amaguru gupfukumura ibiri muri bya bipfuko, umupfuko umwe uzamo imyambaro munsi yimyambaro hari amahema abiri. Mbwibwa kongera kubwira uwapfukumuye gutekera ibyari muri yamipfuko kongera ku bitekeye, kandi mu gutekera abanze amahema imbere abone gukurikizaho imyambaro. Umupfuko wa kabiri nawo bavanamo ibyarimo dusanga harimo amasahani n’imyoko n’a masafuriya.”

“Nyuma wa Muntu yantegetse kubwira abantu ngo bakore imirongo maze haza kuza ama Modoka menshi binjiramo za Modoka zitugeza ahantu hari ikibuga cy’i ndege, n’abonaga ari indege za MONUSCO, za ndege zatugejeje i Gahororo mu Marungu, tuvuye mu Marungu, za ndege zitujana mu Bijombo, nyuma ya Bijombo zitugeza mu Mikenke na Minembwe, mvuye mu Minembwe njya iwanjye mu Bibogobogo.”

Umuhanuzi maze asoza avuga ko Imana yamutegetse ku bwira Impunzi kugura imipfuko yo kw’itegura gutaha.

Ati: “Imana yantegetse kubwira Impunzi kw’itegura gutaha, kandi irambwira ngo bagure imipfuko bayicarane baze bahora bari maso gutaha ngo kandi gutaha sikera.”

Umuhanuzi Rutambwe Lawi, twabwiwe ko ahagana mu mwaka w’1996 yahanuriye abaturiye imisozi miremire y’Imulenge ko bagiye kubona ubutabazi avuga ko ubwo butabazi buzabonekera ku ‘Kanihura,’ bya vuzwe ko ubwo butabazi bwaje kuboneka nyuma yamezi abiri.

Ubu buhanuzi bwaje mugihe imirwano yongeye gukomera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Kimweho M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Iy’i mirwano yongeye gutuma abaturage bahunga k’ubwinshi.

Bruce Bahanda.

Tags: Impunzi z'AbanyekongoZahanuriwe kw'itegura gutaha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry'amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?