• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Imyanzuro y’inama yahuje abakuru b’ibihugu i Addis-Abeba muri Ethiopie.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yateraniye i Addis Ababa muri Ethiopia ku kibazo c’umutekano muke muri DR Congo yategetse ko imitwe yose yitwaje intwaro igomba gusubira inyuma ikava aho yafashe bitarenze tariki 30 zukwezi kwagatatu (3).

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iyi nama kandi yasabye guhagarika imirwano “ako kanya”, no gucura impunzi zahungiye iyi mirwano mu Rwanda no muri Uganda, nk’uko bivugwa n’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba.

Iyi nama yari iyobowe na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na Perezida João Lourenço wa Angola.

Mu gihe bari bicaye baganira iki kibazo imirwano yariho ica ibintu hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 i Kitchanga n’ahandi muri Masisi.

Kuwa kane ingabo za leta zavuze ko zirimo gusubiza “mu buryo bukomeye” ibitero bya M23 ziyishinja kwanga kubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano igatera ibirindiro byazo.

M23 nayo ivuga ko ingabo za leta zirimo “gutera ibisasu buhumyi ahatuye abantu i Kitchanga,Kingi, Ruvunda” kandi ko “izasubiza bikomeye mu kurenga abaturage bayo”.

M23 imaze gufata igice kingana na 80% byo muri Territory ya Rutshuru n’ibindi bice by’iya Masisi zombi z’Intara ya Kivu ya Ruguru.

Ibiro bya President wa DR Congo bivuga ko iyi nama y’i Addis Ababa irimo kwiga ku “kwanga gusubira inyuma kwa M23 ku butaka bwa Congo yafashe bitemewe, ititaye ku masezerano ya Luanda na Bujumbura”.

Ibiro bya Président w’u Rwanda bivuga ko iyi nama ya Addis Ababa irimo “kwiga ku masezerano yo gukurikiza ya Nairobi na Luanda mu gukemura ikibazo c’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo”.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bushinja ubwa Kigali gufasha umutwe wa M23, ibyo Kigali ihakana ivuga ko iki ari ikibazo c’abanye Congo ubwabo.

Iyi nama yabaye mbere y’inama rusange y’abakuru b’ibihugu bagize umuryango w’Ubumwe bwa Africa izatangira ejo kuwa gatandatu i Addis Ababa.

Iyi ni inshuro ya kabiri muri uku kwezi abakuru b’ibihugu by’akarere bateranye kuri iki kibazo ca DR Congo nyuma y’iyabahuje i Bujumbura mu ntangiriro z’uku kwa kabiri.

Intambara mu burasirazuba bwa DR Congo imaze gutuma abaturage barenga ibihumbi 500 bava mu byabo muri Territory ya Rutshuru na Masisi za Kivu ya Ruguru, nk’uko ONU ibivuga.

Président Evariste Ndayishimiye (ibumoso) na Président Kagame iburyo na General Jeje Odongo (wa kabiri iburyo) minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Uganda uri muri iyi nama.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Igihugu c'Urwanda kirarega umuryango mpuzamahanga kurebera ibibi bikorerwa ab'Atutsi muri Congo Kinshasa.

Comments 1

  1. Nkiriho says:
    3 years ago

    Leta niyemere ibiganiro naho guhora itera ibisasu mubaturage kugira ngwibangisha M23 ntacho izageraho Imana ihora ihoze amaherezo Felix azatsindwa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?