• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyigaragambyo ya kozwe kuri uyu wa Mbere i Goma, yanenzwe, na bakoresha imbuga nkoranya mbaga.

minebwenews by minebwenews
February 20, 2024
in Regional Politics
0
Imyigaragambyo ya kozwe kuri uyu wa Mbere i Goma, yanenzwe, na bakoresha imbuga nkoranya mbaga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyigaragambyo ya bereye i Goma kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024, yanenzwe na bamwe mu banyekongo ba koresha imbuga nkoranya mbaga.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni myigaragabyo byavuzwe ko yitabiriwe n’Abantu amagana mu Mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batwitse amabendera y’ibihugu bikomeye kw’Isi, nk’i bendera ya leta Zunze ubumwe z’Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, iya Uganda n’u Rwanda.

Bashinja ibi bihugu gutera inkunga u mutwe wa M23. Abigaragambya bari bagwiriyemo abagize amashirahamwe atobogamiye kuri Guverinoma ya Kinshasa, urubyiruko, ndetse na sosiyete sivile.

Mu ndirimbo zitandukanye, barimo kuririmba cyane bavuga ko barambiwe ubwicanyi bukomeje gukorerwa Abasivile bo mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, ubwicanyi buterwa n’intambara ahanini zibera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aho Ingabo za FARDC, FDLR, SADC, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na bacancuro bahanganye n’u mutwe wa M23.

Abakoraga imyigaragambyo bya vuzwe ko urugendo barimo bakora rwa tangirira kuri rond poind ihuza imihanda itatu, umwe uva Goma ujya Nyiragongo na teritware ya Rutsuru, uva mu Mujyi rwagati ukomereza Sake muri teritware ya Masisi, n’undi werekeza ku biro bya Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abigaragambya kandi barashinja imiryango mpuzamahanga harimo n’iyo muri Afrika gufasha M23 mu ntambara ihanganyemo n’ingabo za RDC.

Meya w’u Mujyi wa Goma yari yabanjye gusaba ko iyo myigaragabyo itaba ko kandi itemewe, gusa inzego zishinzwe umutekano zirimo Polisi y’igihugu na FARDC zagerageje kurindira umutekano abarimo bigarambya, nk’uko tubikesha bamwe mubaturiye u Mujyi wa Goma.

Bavuga ko urugendo rwa bigaragambya ga rwa komereje ku muhanda mugari uva Goma werekeza Sake muri teritware ya Masisi, ahagize iminsi habera imirwano, gusa nta bwo abigaragambya bigeze barenga Quartier ya Mugunga ku mpamvu z’u mutekano.

K’urundi ruhande abakoresha imbuga nkoranya mbaga banenze abaturage bisukiranya muri ibi byo kuja mu myigaragabyo n’aba bishigikira.

Uwitwa Jean Pierre Kagabo, yagize ati: “Bara bura kw’injira igisirikare ngo barwanirire igihugu cyabo bagahera mu nduru ngo bari mu myigaragabyo! Ubundi se, bagera kuki?”

Steven, we yagize ati: “Aho kuja mu myigaragabyo nibasabe leta kuganira na M23 bitaruko bazahashirira, naho ibyo byabo ngo bari garagambya nu kubura ibyo baha agaciro.”

Iyo myigaragabyo bayikoze mugihe mu kwezi kwa munani ku mwaka ushize, aha Goma habaye imyigaragambyo biza kurangira abayikoze bamishijweho urufaya rwa masasu, aba barirwa muri 150 barapfuye abandi benshi barakomereka harimo n’abatawe muri yombi.

            MCN.
Tags: Abakoresha imbuga nkoranya mbagaImyigaragambyo ya bereye i Goma kuri uyu wa MbereYanenzwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Inkuba ya kubise inka z’Abanyamulenge zari mu biraro Mucyohagati.

Inkuba ya kubise inka z'Abanyamulenge zari mu biraro Mucyohagati.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?