Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyigaragambyo ya kozwe kuri uyu wa Mbere i Goma, yanenzwe, na bakoresha imbuga nkoranya mbaga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 20, 2024
in Regional Politics
0
Imyigaragambyo ya kozwe kuri uyu wa Mbere i Goma, yanenzwe, na bakoresha imbuga nkoranya mbaga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyigaragambyo ya bereye i Goma kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024, yanenzwe na bamwe mu banyekongo ba koresha imbuga nkoranya mbaga.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni myigaragabyo byavuzwe ko yitabiriwe n’Abantu amagana mu Mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batwitse amabendera y’ibihugu bikomeye kw’Isi, nk’i bendera ya leta Zunze ubumwe z’Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, iya Uganda n’u Rwanda.

Bashinja ibi bihugu gutera inkunga u mutwe wa M23. Abigaragambya bari bagwiriyemo abagize amashirahamwe atobogamiye kuri Guverinoma ya Kinshasa, urubyiruko, ndetse na sosiyete sivile.

Mu ndirimbo zitandukanye, barimo kuririmba cyane bavuga ko barambiwe ubwicanyi bukomeje gukorerwa Abasivile bo mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, ubwicanyi buterwa n’intambara ahanini zibera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aho Ingabo za FARDC, FDLR, SADC, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na bacancuro bahanganye n’u mutwe wa M23.

Abakoraga imyigaragambyo bya vuzwe ko urugendo barimo bakora rwa tangirira kuri rond poind ihuza imihanda itatu, umwe uva Goma ujya Nyiragongo na teritware ya Rutsuru, uva mu Mujyi rwagati ukomereza Sake muri teritware ya Masisi, n’undi werekeza ku biro bya Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abigaragambya kandi barashinja imiryango mpuzamahanga harimo n’iyo muri Afrika gufasha M23 mu ntambara ihanganyemo n’ingabo za RDC.

Meya w’u Mujyi wa Goma yari yabanjye gusaba ko iyo myigaragabyo itaba ko kandi itemewe, gusa inzego zishinzwe umutekano zirimo Polisi y’igihugu na FARDC zagerageje kurindira umutekano abarimo bigarambya, nk’uko tubikesha bamwe mubaturiye u Mujyi wa Goma.

Bavuga ko urugendo rwa bigaragambya ga rwa komereje ku muhanda mugari uva Goma werekeza Sake muri teritware ya Masisi, ahagize iminsi habera imirwano, gusa nta bwo abigaragambya bigeze barenga Quartier ya Mugunga ku mpamvu z’u mutekano.

K’urundi ruhande abakoresha imbuga nkoranya mbaga banenze abaturage bisukiranya muri ibi byo kuja mu myigaragabyo n’aba bishigikira.

Uwitwa Jean Pierre Kagabo, yagize ati: “Bara bura kw’injira igisirikare ngo barwanirire igihugu cyabo bagahera mu nduru ngo bari mu myigaragabyo! Ubundi se, bagera kuki?”

Steven, we yagize ati: “Aho kuja mu myigaragabyo nibasabe leta kuganira na M23 bitaruko bazahashirira, naho ibyo byabo ngo bari garagambya nu kubura ibyo baha agaciro.”

Iyo myigaragabyo bayikoze mugihe mu kwezi kwa munani ku mwaka ushize, aha Goma habaye imyigaragambyo biza kurangira abayikoze bamishijweho urufaya rwa masasu, aba barirwa muri 150 barapfuye abandi benshi barakomereka harimo n’abatawe muri yombi.

            MCN.
Tags: Abakoresha imbuga nkoranya mbagaImyigaragambyo ya bereye i Goma kuri uyu wa MbereYanenzwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Inkuba ya kubise inka z’Abanyamulenge zari mu biraro Mucyohagati.

Inkuba ya kubise inka z'Abanyamulenge zari mu biraro Mucyohagati.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?