• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyigaragambyo ya kozwe kuri uyu wa Mbere i Goma, yanenzwe, na bakoresha imbuga nkoranya mbaga.

minebwenews by minebwenews
February 20, 2024
in Regional Politics
0
Imyigaragambyo ya kozwe kuri uyu wa Mbere i Goma, yanenzwe, na bakoresha imbuga nkoranya mbaga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyigaragambyo ya bereye i Goma kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024, yanenzwe na bamwe mu banyekongo ba koresha imbuga nkoranya mbaga.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni myigaragabyo byavuzwe ko yitabiriwe n’Abantu amagana mu Mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batwitse amabendera y’ibihugu bikomeye kw’Isi, nk’i bendera ya leta Zunze ubumwe z’Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, iya Uganda n’u Rwanda.

Bashinja ibi bihugu gutera inkunga u mutwe wa M23. Abigaragambya bari bagwiriyemo abagize amashirahamwe atobogamiye kuri Guverinoma ya Kinshasa, urubyiruko, ndetse na sosiyete sivile.

Mu ndirimbo zitandukanye, barimo kuririmba cyane bavuga ko barambiwe ubwicanyi bukomeje gukorerwa Abasivile bo mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, ubwicanyi buterwa n’intambara ahanini zibera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aho Ingabo za FARDC, FDLR, SADC, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na bacancuro bahanganye n’u mutwe wa M23.

Abakoraga imyigaragambyo bya vuzwe ko urugendo barimo bakora rwa tangirira kuri rond poind ihuza imihanda itatu, umwe uva Goma ujya Nyiragongo na teritware ya Rutsuru, uva mu Mujyi rwagati ukomereza Sake muri teritware ya Masisi, n’undi werekeza ku biro bya Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abigaragambya kandi barashinja imiryango mpuzamahanga harimo n’iyo muri Afrika gufasha M23 mu ntambara ihanganyemo n’ingabo za RDC.

Meya w’u Mujyi wa Goma yari yabanjye gusaba ko iyo myigaragabyo itaba ko kandi itemewe, gusa inzego zishinzwe umutekano zirimo Polisi y’igihugu na FARDC zagerageje kurindira umutekano abarimo bigarambya, nk’uko tubikesha bamwe mubaturiye u Mujyi wa Goma.

Bavuga ko urugendo rwa bigaragambya ga rwa komereje ku muhanda mugari uva Goma werekeza Sake muri teritware ya Masisi, ahagize iminsi habera imirwano, gusa nta bwo abigaragambya bigeze barenga Quartier ya Mugunga ku mpamvu z’u mutekano.

K’urundi ruhande abakoresha imbuga nkoranya mbaga banenze abaturage bisukiranya muri ibi byo kuja mu myigaragabyo n’aba bishigikira.

Uwitwa Jean Pierre Kagabo, yagize ati: “Bara bura kw’injira igisirikare ngo barwanirire igihugu cyabo bagahera mu nduru ngo bari mu myigaragabyo! Ubundi se, bagera kuki?”

Steven, we yagize ati: “Aho kuja mu myigaragabyo nibasabe leta kuganira na M23 bitaruko bazahashirira, naho ibyo byabo ngo bari garagambya nu kubura ibyo baha agaciro.”

Iyo myigaragabyo bayikoze mugihe mu kwezi kwa munani ku mwaka ushize, aha Goma habaye imyigaragambyo biza kurangira abayikoze bamishijweho urufaya rwa masasu, aba barirwa muri 150 barapfuye abandi benshi barakomereka harimo n’abatawe muri yombi.

            MCN.
Tags: Abakoresha imbuga nkoranya mbagaImyigaragambyo ya bereye i Goma kuri uyu wa MbereYanenzwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Inkuba ya kubise inka z’Abanyamulenge zari mu biraro Mucyohagati.

Inkuba ya kubise inka z'Abanyamulenge zari mu biraro Mucyohagati.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?