Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyitwarire mibi ya Wazalendo muri Fizi, ikomeje kuvuza ubuhuha.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 28, 2024
in Regional Politics
0
Imyitwarire mibi ya Wazalendo muri Fizi, ikomeje kuvuza ubuhuha.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyitwarire mibi ya Wazalendo muri Fizi, ikomeje kuvuza ubuhuha.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni Wazalendo bakomeje gushiraho iterabwabo abo muri Sosiyete sivile muri Secteur Tanganyika ho muri Fizi muri Kivu y’Epfo, bababwira ko bazabica bakoresheje ukubarasa, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amakuru avuga ko Wazalendo mu gutera ubwoba bamwe mu bakozi ba Sosiyete sivile bakorera muri ibyo bice, ahanini biva ku kuba bariya bakozi ba Sosiyete sivile bakunze guta hanze ibikorwa bibi biba byakozwe n’aba barwanyi bo muri Wazalendo, ibi ntibinezeze aba barwanyi arinabyo bituma bagira ibyo babakangisha.

Ahagana ku isaha ya saa kumi nimwe z’umugoroba w’ejo hashize tariki ya 27/07/2024, abakozi babiri ba Sosiyete sivile, bakorera kwa Swima muri Secteur ya Tanganyika basimbutse urupfu nyuma y’uko Wazalendo bari babateze igico, abandi nabo baza kwibigwa ibanga ubwo bari mu rugendo bituma banyura indi nzira itari yatezwemo igico cyabarwanyi ba Wazalendo, nk’uko umwe muri aba bakozi ba Sosiyete sivile, bwana Jabir Amascko yabyiganiye itangaza makuru ryo muri ibyo bice.

Uyu watanze ay’amakuru yanasabye ko inzego za leta zaba iza gisirikare, polisi n’abakora muri etat civile gukora ibishoboka byose bagahagarika Wazalendo ntikomeze gukora amabi, ndetse avuga ko igihe bitakozwe mu maguru mashya hazangirika byinshi kandi n’abantu bagapfa ari benshi.

Ibyo bibaye mu gihe hatarashira ukwezi kumwe Mwami Simbi Charles apfuye, aho yishwe arashwe na Wazalendo nubwo mu rupfu rwe havugwamo na basirikare ba FARDC.

Mwami Simbi Charles yiciwe iwe murugo ruri ahitwa kwa Mbogo; ubwo yaraswaga abandi bantu bane bo murugo iwe barakomeretse bikabije.

Abaketsweho gukora ubwo bugizi bwa nabi bakatiwe igihano cy’urupfu.

Amabi akorwa na Wazalendo muri teritware ya Fizi amaze igihe akorwa, kandi buri wese uturiye ibyo bice arabyinubira n’ubwo leta igikomeje kuvunira ibiti mu matwi ntigire icyo ibikozeho ku nyungu za rubanda.

       MCN.
Tags: FiziImyitwarire mibiIri kuvuza ubuhuhaSosiyete sivileWazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Dore ibyo wa menya ku ndwara y’ubushita bw’i nkende yateye mu karere.

Dore ibyo wa menya ku ndwara y'ubushita bw'i nkende yateye mu karere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?