Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Fizi irakemangwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 23, 2024
in Regional Politics
0
Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Fizi irakemangwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Fizi irakemangwa.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Ni ubutumwa bwatanzwe na Sosiyete sivile yo muri Secteur ya Tanganyika muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Ivuga ko abasirikare ba leta ya Kinshasa bakomeje kugaragaza imyitwarire idahwitse muri Mboko no mu nkengero zayo.

Sosiyete sivile yasobanuye ko perezida wayo, bwana Amisi Mayuto ko aheruka gukubitwa n’ingabo za Fardc zifite icyicaro muri centre ya Mboko, kandi ko bamukubise cyane baramubabaza.

Nk’uko babivuga ibyo byabaye mu gihe Mayuto abasirikare bamusanze aho yariko akiriza inshoreke zibiri ku muhanda uva Mboko ukomeza mu Lusenda zarimo zirwana zipfa abagabo.

Ibyo biza kuviramo ko ingabo za RDC zifata Mayuto umuyobozi wa Sosiyete sivile yo muri Grupema ya Balala y’Amajyaruguru ziramufunga, kandi zimuhata n’inkoni ninshi.

Bavuga ko aba basirikare bamufunze umwanya utari munini ariko awugiriramo umubabaro mwinshi.

Bityo Sosiyete sivile ikaba isaba ubutegetsi bw’i Ntara n’ubwa teritwari ya Fizi gukurikirana icyo kibazo no gukora ibishoboka byose kugira ngo imibanire myiza igaruke hagati ya basirikare n’abaturage baturiye ibyo bice.

Ibyo bibaye kandi mu gihe n’umwami wa Grupema ya Babungwe ho muri teritwari ya Fizi muri aka gace ka Mboko nawe yaraye yishwe arashwe n’abasirikare bo muri ibyo bice.

Ay’amakuru anavuga ko uyu mwami Charles Simbi, abasirikare ba murashe bari bahaze inzoga, kandi ko byarangiye no muri abo basikare umwe muribo nawe arashwe n’abagenzi be birangira ahasize ubuzima.

                 MCN.
Tags: FardcFiziImyitwarireIrakemangwaMboko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Uwagemuriraga imbunda umutwe wa Hamas yahitanwe n’igisirikare cya Israel.

Uwagemuriraga imbunda umutwe wa Hamas yahitanwe n'igisirikare cya Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?