• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Inama idasanzwe ya AFC/M23/MRDP yize hejuru yo gushyira RDC ku murongo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 23, 2025
in Conflict & Security
0
Inama idasanzwe ya AFC/M23/MRDP yize hejuru yo gushyira RDC ku murongo
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama idasanzwe ya AFC/M23/MRDP yize hejuru yo gushyira RDC ku murongo

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Ubuyobozi bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP bwakoze inama i Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ikaba yari igamije gushakira hamwe uko igihugu cyabo cyashyirwa ku murongo.

Iyi nama yateranye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 22/09/2025, mu mujyi wa Goma, aho abayitabiriye bareberaga hamwe uko RDC yagira gahunda nziza y’imiyoborere.

Umuvugizi wa AFC/M23/MRDP, mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu butumwa yashyize hanze nyuma y’iyi nama idasanzwe yavuze ko yitabiriwe n’inzego zitandukanye kandi ifatirwamo ibyemezo bikakaye.

Yavuze ko yitabiriwe n’abarimo umuhuza bikorwa w’ihuriro rya AFC/M23/MRDP, Corneille Nangaa, Freddy Kaniki umwungirije na Bertrand Bisimwa na we umwungirije.

Avuga ko yitabiriwe kandi n’abanyamabanga bahoraho, ari bo Benjamin Mbonimpa na Delion Kimbulungu, ndetse n’abakuru b’amashyami ashyinzwe itangazamakuru, imari n’ubukangurambaga.

Yakomeje avuga yabayemo n’abahagarariye umugaba mukuru w’Ingabo za ARC/M23, Major Gen Sultan Makenga.

Usibye abo yitabiriwe kandi n’aba guverineri b’intara zombi ndetse n’abungirije.

Iyi nama nk’uko bigaragara yakozwe mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bw’iki gihugu, aho Ingabo za FARDC zihanganye n’uyu mutwe zitera ibisasu mu basivili kandi bigasiga bihitanye bamwe muri abo ba sivili.

AFC/M23/MRDP ivuga ko ibitero bya FARDC ibikora ku bufatanye n’igisirikare cy’u Burundi, bigamije kurimbura Abanyamulenge n’igisa nabo.

Ubundi kandi ibyo bitero zibikora zigamije guhonyora agahenge, kandi bikaba ari ibyaha by’intambara n’ibyibasira inyokomuntu.

Iri huriro rya AFC/M23/MRDP rigenzura igice hafi ya cyose cy’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’uwa Bukavu na wo ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’indi mito irimo uwa Minembwe, Kamanyola n’indi.

Tags: AFC/mrdp/m23GomaGushyira RDC ku murongoInama
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’inteko ishinga amategeko ya RDC, Vital Kamerhe yeguye, menya byinshi kuri we kuko ari mu bakoranye na Mobutu

Perezida w'inteko ishinga amategeko ya RDC, Vital Kamerhe yeguye, menya byinshi kuri we kuko ari mu bakoranye na Mobutu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?