• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inama ya mbere y’urwego rugenzura iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Congo n’u Rwanda yateranye.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2025
in Regional Politics
0
Inama ya mbere y’urwego rugenzura iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Congo n’u Rwanda yateranye.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama ya mbere y’urwego rugenzura iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Congo n’u Rwanda yateranye.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo muri iki cyumweru zahuriye i Washington mu nama ya mbere y’urwego rwo kugenzura iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ibi bihugu byashyizeho umukono tariki ya 27/06/2025.

Amerika ivuga ko iyo nama ya mbere yabaye hari n’indorerezi za Leta y’iki gihugu, iza Qatar na Togo ndetse n’iz’u muryango wa Afrika Yunze ubumwe.

Urwo rwego ruzwi nka Joinnt Oversights Committee rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’ariya masezerano no kwakira ibirego byo kuyarengaho rugafata ingamba ku kurenga kuri ayo masezerano kandi rugakemura amakimbirane mu mahoro.

Amasezerano y’amahoro ya Washington avuga ko impande zombi ziyemeje gushyiraho urwo rwego ruhuriweho n’impande zombi mu gihe cy’iminsi 30 nyuma yisinywa ryayo kandi rugakorera ku mahame yumvikanyweho.

Amerika kandi yavuze ko abitabiriye iriya nama muri iki cyumweru, batoye komite ya ruriya rwego, bemeza amaheme rugomba gukoreraho, bakaganira ku ntambwe mu gushyira mu ngiro amasezerano y’amahoro yasinywe, kandi bagategura inama ya mbere ya joint Security Coordination Mechanisms- urwego tekinike mu by’umutekano impande zombi kuri aya masezerano.

Amerika yavuze kandi ko ubumwe bwa Afrika, Qatar na Amerika byitabiriye ibyo biganiro mu rwego rwo gukurikirana imigambi y’iyubahirizwa ry’intambwe z’amahoro arambye biciye mu biganiro.

Ruriya rwego rwa Joint Security Coordination Mechanisms, rushyinzwe kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’umugambi w’amahoro urambuye.

Muri ibyo harimo ko uru rwego rugombo kugenzura guhagarika gufasha umutwe wa FDLR n’indi mitwe gusesengura umutwe uyu mutwe wa FDLR.

U Rwanda na rwo rugakuraho ingamba zarwo zo kwirinda, kurinda abasivili no kubahiriza amategeko mpuzamahanga.

Amasezerano y’amahoro ya Washington avuga ko impande zose zizashyigikira ibiganiro birimo guhuza RDC na AFC/M23 ku buhuza bwa Qatar n’imihate yo kwambura intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe imitwe yitwaje intwaro.

Tags: Iyubahirizwa ry'amasezerano y'amahoroRdcU Rwanda
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama.

Muri Ukraine abadepite barwaniye mu nama.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?