
Inama yabayobozi bagize umuryango wa EAC(East Africa community), yemeje ko ntaruhande narumwe rwa b’AnyeCongo bakwiye guhezwa, mubiganiro bigamije gushakira Eastern ya Congo Kinshasa, amahoro.
Bakaba barabigaragarije mumyanzuro yafashwe nabakuru b’ibihugu bagize uyu muryango wa EAC, ubwo bateraniye iBujumbura, kuruyu wagatandatu tariki 04.02.2023.
Nkuko bigaragara mwitangazo ry’aba bakuru bibihugu, bavuze ko amakimbirane ari muri Eastern ya Congo Kinshasa, akwiye gukemurwa na b’AnyeCongo bonyine binyuze munzira ya Political.
Itangazo basohoye rigira riti: “Inama yasanze ikibazo c’Umutekano muke uri muri Eastern ya Congo, arikibazo kireba akarere, cakemuka muburyo bw’a Political, iyo Political ishimangiye ko hakenewe imishikirano ivuguruye y’impande zose. Abakuru b’ibihugu basabye ko Inzira ya Political ishirwamo imbaraga kugira hajemo abo bireba bose”
Iy’inama idasanzwe yabaye nyuma y’iminsi ingabo za FARDC ivanze na FDLR, Maimai Nyatura nab’Acanshuro bari mumirwano ikaze muri Territory ya Masisi na Rutshuru, aho bari bahanganye na bahetse isezerano (M23), gusa uyu mutwe wa M23 wakomeje kwambura ingabo za Leta ya Congo (FARDC) ibice byinshi harimo Kirorirwe nahandi.
Igikenewe nimishikirano ihuza impandezose M23 na leta ya congo hanyuma leta yacongo ifate umuturagewese neza imuhe amahoro
Ntayindi Nziza yonyine yogarura amahoro atarimishikirano kandi bakemera conditions zose bahaye Reta ya kinshasa