• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Inama Yahuje Igitaraganya Ingabo Za Fardc Muri Kamanyola Yaba Igamije Iki?

minebwenews by minebwenews
June 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kamanyora ho muri Teritware ya Walungu harinama yahuje abashinzwe umutekano.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 02.06.2023, saa 4:25pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mumakuru amaze kumenyekana nuko Kamanyora ho muri Teritware ya Walungu, muntara ya Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca RDC, byavuzwe ko hateraniye inama ihuza abashinzwe umutekano muriki gihugu. Iyonama ikaba igamije kurebera hamwe uburyo hobaho gushotora kugihugu cya baturanyi nkuko ibi bigize igihe bikomozwaho nabategetsi ba RDC.

Muriyo nama nkuko ayamakuru tuyakesha bamwe mubaturiye aho bemeje ko iyonama yabayemo numusirikare mukuru ufite ipeti rya General akaba yavuye muri Secteur ya gisirikare ikorera muri Teritware ya Uvira.

Nimugihe kandi byavuzwe ko,
Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, byamaze kumenyekana ko yamaze kugura indege z’intambara zikomeye bikaba byavuzwe ko iz’indege z’intambara zigiye koherezwa i Goma kugira ngo zifashishwe mukurasa abagize umutwe wa M23 nabo bita Abashotoranyi nkuko bigaragara mumatangazo iyi leta ikomeje gutanga muriki gihe.

Mu nama iheruka kubera i Goma, yahuje abasirikare ba FARDC, bakuru bavuze impamvu umutwe wa M23 wabatsinze mu minsi ishize ndetse bavuga ikintu kigiye gutuma bawutsinda mu gihe uzaba ushaka gufata Goma. Ibi bikaba byerekana ko harico leta ya Kinshasa yiringiye.

Ibi bibaye mugihe umutwe wa M23 waraye usohoye itangazo rikubiyemo ibyo bashinja leta ya Kinshasa ndetse muriryo tangazo harimo ko Kinshasa irimo gutegura intambara kurikira:

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23, bwatanze itangazo ryibutsa ko bakomeje kubahiriza ibisabwa byose kugira ngo amahoro arusheho kunoga ibi bakaba barabisabwe nibihugu byo Mukarere(EAC).

Muriryo tangazo banibukije abayobozi ba karere ndetse nimiryango mpuzamahanga ibi bikurikira:

  1. Itangazo riheruka gushigwa hanze na leta ya RDC rigamije kumvisa amahanga ko M23 ishaka gufata Goma, ariko ibi babivuzeho kuberako iyi leta ishaka kugaba ibitero kuri M23. Leta ya RDC ikaba ikomeje kwerekana umutwe wa M23 nkimpamvu yokutabasha gukemura ibibazo byumutekano muke mu gihugu ndetse noguhindura imyigaragambyo ikorwa nabatavuga rumwe na leta nkibibabuza kuzana iterambere. M23 ikaba ikomeje kugira ubushake mu gukemura ibibazo byumutekano muke muburasirazuba bwa RDC mumahoro. Nk’uko byagaragaye muguhagarika imirwano ndetse nokuva mubice M23 yari yarigaruriye, gusa leta ya RDC ntirashira mubikorwa kubijanye namasezerano. Ahubwo ikomeje gushaka ubufasha bwa gisirikare hirya no hino kw’isi, birengagije imbaraga za karere ndetse nibimaze kugerwaho, bigaragaza ko nta bushake bwa leta ya RDC mugukora ibisabwa nabayobozi ba Karere ndetse na bafatanya bikorwa mpuzamahanga. M23 ikaba ifite uruhuha rwuko intambara leta ya RDC ikeneye izagira ingaruka zikomeye mukarere.
  2. Nanone M23 ikaba ifite impungenge zokuba ikumirwa muburyo bwa politiki ndetse nomuburyo bwubwumvikane na leta ya RDC. Itegeko ryemerera leta ya DRC ryo gufata imitwe yitwaje intwaro yabaye mubiganiro bya mbere,ibyakabiri ndetse nibya gatatu irimo FDRL, NYATURA na YOUTH MILITIA mugisirikare cy’igihugu rya ciye munteko shinga mategeko ndetse niya ba senateri kuwa kane tariki 20/04/2023 nokuwakane wundi tariki 4/05/2023.
  3. M23 irashinja ingabo za leta ya RDC kutubahiraza guhagarika imirwano ndetse no gukomeza kubasatira nokwigarurira ibice M23 yahaye ingabo za EACRF bikoreshwa mukugaba ibitero kubaturage ndetse nokwangiriza imitengo yabaturage. Izi ngabo zikaba zigomba kuzira imibereho mibi noguhunga kwa abaturage binzira karengane.
  4. M23 ikaba ishinja ubuyobozi bwa leta ya RDC kugira ivangura rishingiye kubwoko aho bafunga abantu buzira impamvu, guhohotera ndetse ningenga bitekerezo ya Genocide, imvugo zurwango, ivangura ruhu. Ibi bikaba bikomeje gutuma haba Ubwicanyi bukorwa n’inyeshyamba zikorera leta ya RDC muburasirazuba bw’iki gihugu ndetse nomumurwa mukuru wa Kinshasa, ruswa mumitungo y’igihugu.
Tags: Abashinzwe UmutekanoFardcKamanyolaUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Umutekano w'Imulenge Wongeye Kuzamo Agatotsi, FNL Nayo Izamo Ite?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?