• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Indege Eshatu za Gisirikare Zituye Kwa Mboko, Amakuru mashya ku Bikorwa bya Gisirikare muri Teritwari ya Fizi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 23, 2025
in Conflict & Security
0
Indege Eshatu za Gisirikare Zituye Kwa Mboko, Amakuru mashya ku Bikorwa bya Gisirikare muri Teritwari ya Fizi
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege Eshatu za Gisirikare Zituye Kwa Mboko, Amakuru mashya ku Bikorwa bya Gisirikare muri Teritwari ya Fizi

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Amakuru aturuka muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko mu gace ko Kwa Mboko hamanutse indege eshatu za gisirikare zo mu bwoko bwa hélicoptère, mu gihe aka karere gakomeje kugaragaramo umutekano muke.

Ayo makuru yemeza ko izi hélicoptère zageze muri ako gace ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 23/12/2025. Muri zo, ebyiri ngo zari zitwaye abasirikare 12 b’Ababiligi, ndetse n’amasasu n’intwaro ziremereye. Hélicoptère ya gatatu yo yakomeje kuzenguruka mu kirere, ikora ibikorwa byo kugenzura umutekano, by’umwihariko ku bice bivugwa ko bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23.

Umutangabuhamya wari hafi y’aho izi ndege zituye yagize ati:

“Kwa Mboko hamanutse hélicoptère ebyiri zari zitwaye abasirikare 12 b’Ababiligi, amasasu n’intwaro ziremereye. Indi hélicoptère yakomeje kuguruka hejuru, bigaragara ko yari mu butumwa bwo gucunga umutekano, igenzura ibice bivugwa ko birimo abarwanyi ba AFC/M23.”

Ku rundi ruhande, amakuru yizewe avuga ko ingabo z’u Burundi zavuye mu mujyi wa Baraka, zerekeza mu misozi ya Bibogobogo, aho zashimangiye ibirindiro byazo ahitwa ku Mugorore, Kabembwe ndetse no kuri Mugono. Ibi bivugwa ko byakozwe mu rwego rwo gukaza umutekano no gukumira ingamba zose zashoboraga gushyira mu kaga ubugenzuzi bw’ako gace, by’umwihariko zivuye ku ihuriro AFC/M23.

Ibi bikorwa bya gisirikare bigaragaza ko akarere ka Fizi n’inkengero zako kagiye kwinjira mu cyiciro gikomeye cy’umutekano, mu gihe impande zitandukanye zikomeje gushimangira imyanya yazo. Abasesenguzi b’umutekano bavuga ko iri terambere rishobora kugira ingaruka zikomeye ku mutekano w’akarere, ku rwego rw’igihugu ndetse no ku rwego mpuzamahanga, bitewe n’uko hakomeje kugaragara uruhare rw’ingabo z’amahanga mu bikorwa biri kubera muri Kivu y’Amajyepfo.

Tags: AbabiligiKajugujugu FardcMboko
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump Yasobanuye Impamvu z’Ingenzi Zituma Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zishishikajwe na Greenland

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu z’Ingenzi Zituma Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zishishikajwe na Greenland

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?