• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2024
in World News
0
Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni byatangajwe mu masaha make ashize, bitangajwe na televisiyo ya leta y’iki gihugu cya Iran.

Nk’uko yabitangaje yavuze ko indege ya Kajugujugu yari twaye umukuru w’iki gihugu, bwana Ebrahim Rais, yagize ikibazo gikomeye cyo kugwa.

Ivuga ko kandi amakuru arambuye iza kuyatangaza nyuma y’uko ubutabazi buzaba bwamaze kugera ahabereye impanuka.

Kugeza ubu leta y’iki gihugu iri gukora ibishoboka byose kugira ngo ahabereye impanuka y’indege yari twaye perezida w’iki gihugu cya Iran, bigere ku musozo mu buryo bwihuse.

Gusa, andi makuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu, avuga ko iyi mpanuka, yabereye mu gace kari hafi na Jolfa, mu Ntara ya Iran yo mu Burasirazuba bwa Azaribayijan.

Ibyo bibaye nyuma y’uko hari hashize amasaha make, nka 24, perezida Ibrahim Raisi, avuye muri iki gihugu cy’igituranyi cya Azerbaijan, aho yari yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaragaro urugemero rwa perezida IIham Aliyev w’iki gihugu.

Kugeza ubu ntibaramenyekana uko ubuzima bwa perezida Ibrahim Raisi buhagaze.

        MCN
Tags: Indege yari twayeIranPerezida Ibrahim RaisiYakoze impanuka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Hari ibindi bya vuzwe kuri Christian Malanga washatse gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bikamuviramo urupfu.

Hari ibindi bya vuzwe kuri Christian Malanga washatse gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bikamuviramo urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?