Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 19, 2024
in World News
0
Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege yari twaye perezida w’igihugu cya Iran yakoze impanuka, kuri iki Cyumweru, tariki ya 19/05/2024.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ni byatangajwe mu masaha make ashize, bitangajwe na televisiyo ya leta y’iki gihugu cya Iran.

Nk’uko yabitangaje yavuze ko indege ya Kajugujugu yari twaye umukuru w’iki gihugu, bwana Ebrahim Rais, yagize ikibazo gikomeye cyo kugwa.

Ivuga ko kandi amakuru arambuye iza kuyatangaza nyuma y’uko ubutabazi buzaba bwamaze kugera ahabereye impanuka.

Kugeza ubu leta y’iki gihugu iri gukora ibishoboka byose kugira ngo ahabereye impanuka y’indege yari twaye perezida w’iki gihugu cya Iran, bigere ku musozo mu buryo bwihuse.

Gusa, andi makuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu, avuga ko iyi mpanuka, yabereye mu gace kari hafi na Jolfa, mu Ntara ya Iran yo mu Burasirazuba bwa Azaribayijan.

Ibyo bibaye nyuma y’uko hari hashize amasaha make, nka 24, perezida Ibrahim Raisi, avuye muri iki gihugu cy’igituranyi cya Azerbaijan, aho yari yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaragaro urugemero rwa perezida IIham Aliyev w’iki gihugu.

Kugeza ubu ntibaramenyekana uko ubuzima bwa perezida Ibrahim Raisi buhagaze.

        MCN
Tags: Indege yari twayeIranPerezida Ibrahim RaisiYakoze impanuka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Hari ibindi bya vuzwe kuri Christian Malanga washatse gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bikamuviramo urupfu.

Hari ibindi bya vuzwe kuri Christian Malanga washatse gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bikamuviramo urupfu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?