• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
July 3, 2024
in World News
0
Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege yarimo abantu 6 ya WFP, yafashwe n’inkongi y’u muriro, mu bice bya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03/07/2024, indege y’ishirahamwe rya WFP yafashwe n’inkongi y’umuriro ariko nta bantu bayiguyemo, usibye ibyangiritse, birimo amazu yahiye, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Amakuru avuga ko iy’indege yo mu bwoko bwa Kajugujugu, yarimo abantu batandatu, kandi ko bari bajanye imfashanyo y’ibiribwa ku bantu bimuwe mu byabo bacumbikiwe mu bice byo muri teritware ya Kalehe.

Nk’uko byasobanuwe nuko iy’indege yakoreye impanuka mu gace ka Musinga ko muri Localité ya Munanira ho muri Grupema ya Mbinga y’Amajyaruguru, muri Cheferie y’Abahavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu butumwa bwa mashusho bwashinzwe hanze, bugaragaza ko iy’i ndege yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari maze kwitsa amapini hasi ku kibuga cy’indege cya Musinga.

Ay’amashusho agaragaza ibirimi by’umuriro w’ikiguruguru birimo kuyakaho, aho ndetse ibyo birimi by’umuriro byahise bifata inzu zaraho hafi zihita zisha zirakongo.

Gusa nta bantu baguye muri iyo ndege kuko bahise bavamo ikimara kwika hasi biruka bahunga, usibye batatu muribo bakomeretse bidakabije.

Harandi makuru avuga ko hoba hari andi mazu arenze abiri yoba yafashwe n’iyo nkongi y’umuriro wavaga ku ndege arangirika, raporo ikaba igitegerejwe ko itangwa n’ubuyobozi bwo muri ibyo bice. Kugeza ubu amasoko yacu ahamya ko inzu zibiri ko arizo zahiye zirakongo.

                MCN.
Tags: IndegeKajugujuguKaleheYafashwe n'Inkongi y'umuriro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihugu cya Kenya, imyigaragambyo yafashe indi ntera.

Mu gihugu cya Kenya, imyigaragambyo yafashe indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?