Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Indege y’intambara ya Fardc yateye ibisasu mu mihana y’Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 25, 2025
in Regional Politics
0
Indege y’intambara ya Fardc yateye ibisasu mu mihana y’Abanyamulenge.
128
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege y’intambara ya Fardc yateye ibisasu mu mihana y’Abanyamulenge.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Idege y’intambara yo mu bwoko bwa sukhoi-25 y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (Fardc), yateye ibisasu mu muhana w’i Lundu n’uwo muri Nyarujoka mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Epfo aho byangije ibirimo amazu n’imyaka y’abaturage.

Ni mu kanya gashize, kuri uyu wa kabiri, ni bwo Fardc igabye igitero cy’indege mu duce dutuwe n’Abanyamulenge.
Aho yabiteye i Lundu kwa Buhimba ahatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge no muri Nyarujoka ahasanzwe naho hatuye abandi Banyamulenge batari bake.

Umwe mu baturage batuye muri utwo duce yatubwiye ko iriya ndege yagabye igitero yakigabye iturutse i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’ingabo za Fardc iyobowe na Lieutenant General Pacifique Masunzu.

Mu cyumweru gishize nabwo kandi, i Kisangani haturutse drone igaba igitero ahitwa i Gakangala. Ni igitero cyasize gihitanye Gen. Rukunda Michel Intwari y’Abanyamulenge uwahoga abarwanirira, ndetse kandi cyangiza byinshi harimo ko n’abaturage bahise bahungira mu mashyamba abandi ku misozi n’abana.

Ifoto yashyizwe hanze igaragaza akarango ko kwa Buhimba i Lundu hejuru yako hari icyotsi cyinshi cy’umukara, ikaba yafashwe ubwo iriya ndege yarimo itera ibisasu mu baturage.

Kuri ubu abenshi mu bagabweho icyo gitero baracyihishe, bikaba biri mu mpamvu ibyangiritse bitaramenyekana.
Kimwecyo hari inzu z’ibyatsi n’iza mabati zahise zangirika, ndetse zihita zinagwa hasi.

Tags: FardcIndegeMinembwe
Share51Tweet32Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.

Amakuru mashya y'ingabo z'u Burundi zigiye kurwanya Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?