Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 9, 2024
in Uncategorized
0
Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indwara ya Cholera iravuza ubuhuha muri gereza iherereye i Goma.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Icyorezo cya Cholera cyateye muri gereza ya Munzenze iherereye mu mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’ubuyobozi bw’iyo gereza.

Ni ibyo bwatangaje ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, bikaba byaratangajwe n’umuyobozi mukuru wa gereza ya Munzenze.

Uyu muyobozi vuze ko “gereza ya Munzenze yugarijwe n’icyorezo cya Cholera.”

Aya makuru akaba yarabanje kuvugwa n’abaturage nyuma yemezwa n’umuyobozi wa gereza aho yahise anashimangira ko iy’indwara iriguterwa n’umwanda.

Avuga ko abarwayi babiri kwaribo bimaze kwemezwa bidasubirwaho ko ari yo barwaye, mu gihe abandi batatu bigishidikanywaho.

Yashimangiye ibi avuga ko abarwayi barimo kwitabwaho ku bitaro bikuru bya gereza, kandi ko ubuyobozi buri guhangana n’icyorezo ndetse bufite uburyo buhagije bwo guhangana na cyo.

Ubuyobozi bwa gereza ya Munzenze kandi bwemeje ko hafashwe ingamba zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo harimo gutera imiti muri gereza babifashijwemo n’urwego rw’ubuzima muri Komine ya karisimbi.

Gusa atangaza ko bikibagoye kugira ngo bamare imyanda iri muri gereza. Kandi ko ahantu hose hagiye hajugunywa imyanda, ndetse kandi n’ubwiherero bukaba bwaruzuye.

Mu busanzwe iyi gereza ya Munzenze igenewe kwakira imfungwa 350, ariko irimo 4,600.

Hari abavuga ko iki cyorezo gishobora gukwirakwizwa mu bantu bivuye kubaja gusura imfungwa.

Indwara ya Cholera iri muziterwa n’umwanda, uyirwaye akunda kugira impiswi.

Ibyo bibaye mu gihe no mu Ntara ya Kwango, mu gace kayo ko muri teritware ya Kasongo-Lunda hari hagize igihe hari indwara ikomeje guhitana abantu, aho abagera ku 130 bamaze gupfa. Ariko abashinzwe ubuzima batangaje ko kugeza ubu iyo ndwara ikiri amayobera kuko ntiramenyekana iyariyo.

Tags: GomaImfungwaMunzenze
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Amasasu yumvikanye ku munsi w’ejo hashize i Gatobwe hatanzwe umucyo wayo.

Amasasu yumvikanye ku munsi w'ejo hashize i Gatobwe hatanzwe umucyo wayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?