Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Afrika y’Epfo zagiye gufasha igisirikare cya RDC ku rwanya M23 zagereranijwe na barinzi ba “mashu,” bityo ko zidashoboye kurwanya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 27, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za Afrika y’Epfo zagiye gufasha igisirikare cya RDC ku rwanya M23 zagereranijwe na barinzi ba “mashu,” bityo ko zidashoboye kurwanya M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Afrika y’Epfo zaje gufasha igisirikare cya RDC kurwanya M23 zagereranijwe na barinzi ba “mashu,” bityo ko badafite ubushobozi bwo kurwanya M23, umutwe umaze imyaka irenga ibiri urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe n’umunyapolitike wo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, bwana Julius Malema, aho aheruka gukoresha ikiganiro ‘akurira inzira ku murima Abanyafrika y’Epfo ko ingabo zabo zidafite ubushobozi bwo kurwanya M23,’ nk’uko iy’i nkuru tuyikesha radio y’abafaransa ya RFI.

Ubwo iy’i radio yatangaza ibya vuzwe na Julius Malema, bavuze ko yanenze bidasubirwaho Ingabo za Afrika y’Epfo.

Yagize ati: “Ingabo zacu ntizishoboye no kurinda amashu, nta cyo zomara mu murima wanjye. Ntabwo zifite ubushobozi bwo kurwanya umutwe wa M23, ANC yangije igisirikare cy’i gihugu cyacu.”

Uyu mugabo w’u munyapolitike Julius Malema ya navuze kandi ko izo ngabo za Afrika y’Epfo zi gomba guhita zivanwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo vuba nabwangu.

Ati: “Ingabo zitatojwe bihagije za rwana gute na M23 ifite abalimu beza! Ikindi ntabwo zagakwiye kuba ziri muri Congo, rero zigomba guhita zivanwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo mu maguru Mashya.”

Julius Malema niwe ukuriye i Shyaka rya EFF, ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Cyril Ramaphosa.

K’urundi ruhande ihuriro rya politike ryo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, rirashinja perezida Cyril Ramaphosa ko hereza ingabo z’igihugu cyabo mu rupfu. Ikibazo bavuga ko cyaturutse ku kugabanya ingengo y’imari, nk’uko n’ubundi ibi byatangajwe na RFI.

Bagize bati: “Kugabanya ingengo y’imari, bigabanya imbaraga za basirikare. Bagabanya ubushobozi bwazo bwo gukorera hanze no gukora operasiyo nkizo zigoye. Kurinjye, ni ikosa kohereza itsinda rya basirikare rifite ibikoresho nk’ibyo, urebye urwego rw’ikibazo n’imyitozo y’itsinda rinini nka M23.”

Ibi bivuzwe mugihe minisitiri w’ingabo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, Thandi Modeste, aheruka gutangaza ko bagiye gukora iyo bwakabaga barwanye M23.

Ati: “Tuzakora ibishoboka byose kugira turwanye M23, ibikoresho byose bikenewe k’urugamba tuzabitanga.”

Perezida Félix Tshisekedi, Cyril Ramaphosa, Lazarus Chakwera wo mu gihugu cya Malawi, ndetse n’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, baheruka guhura, ubwo bari bitabiriye umuhango wo gushingura perezida Haige Geingob wa Namibia, bongera kwemezanya gufatanya mu bushobozi bwabo kugira barusheho kurwanya M23.

Ibyo biganiro bya bereye muri Namibia byaje bikurikira na none ibyari bya bereye i Addis Ababa muri Ethiopa, aho abo bakuru b’i bihugu bongeye kuganira ku bufatanye bw’Ingabo z’ibihugu byabo mu kurwanya M23.

Gusa ubwo bufatanye bw’Ingabo zibyo bihugu busa nk’u budatanga umusaruro, kuko ingabo za Malawi, iza Afrika y’Epfo, iz’u Burundi ndetse n’iza Tanzania, abasirikare icumi ba M23 birukana amagana yabo nka birukana umuntu umwe.

        MCN.
Tags: Ingabo za Afrika y'EpfoZagereranijwe na barinzi ba mashu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Raila Odinga uheruka kwa kirwa na Perezida Yoweli Kaguta Museveni, ngo y’aba agiye kuyobora komisiyo y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe.

Raila Odinga uheruka kwa kirwa na Perezida Yoweli Kaguta Museveni, ngo y'aba agiye kuyobora komisiyo y'umuryango w'Afrika yunze ubumwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?