• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za Barundi niza RDC z’ibarizwa muri Batayo ya Task Force zari muri Kivu y’Epfo, zajanywe Minova kurwanya M23.

minebwenews by minebwenews
September 23, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Barundi n’iza RDC z’ibarizwa muri Batayo yahawe izina rya Task Force zari mubice byo muri Kivu y’Epfo, zaraye zijanwe Minova homuri teritware ya Kalehe zigana muri Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko izi Ngabo zavuye muraka gace ko muri Groupemant ya Runingu, m’Ubwami bwa Bapfulero muri teritware ya Uvira, igihe cisaha umunani(2h) z’ijoro ryokuri uyu wa Gatanu rishira kuri uyu wa Gatandatu.

Ayo makuru yanemejwe n’abaturage aho babwiye Minembwe Capital News ati: “Nibyo rwose zangabo z’a Barundi zari kuri Runingu zagiye ijoro ryose. Hagiye imodoka umunani(8) zipakiye abo Basirikare.”

Mu Ntangiriro zuku kwezi kwa Cyenda (9) nibwo havuzwe ko aba basirikare bomuri Task Force ko bavuye mubice byo ku Ndondo ya Bijombo bagana muri Plaine Dela Ruzizi, arinabwo batangiye gukambika ahatandukanye harimo na Runingu na Kabunambo homuri teritware ya Uvira. Murico gihe hanavuzwe kandi ko izi Ngabo za Barundi zivanze n’iza RDC zamaze kwambikwa umwambaro umwe(Uniform ya y’igisikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo) n’amakuru yanavuzwe n’ikinyamakuru c’u Barundi ca Sos Media Burundi.

Mu nkuru dukesha Radio RPA, y’a Barundi yo kw’itariki 8/09/2023, ivuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye ubwo aheruka i Kinshasa kubonana namugenziwe Perezida Félix Tshisekedi ko habaye kumvikana bombi ko iz’ingabo zi zaja gufasha iza Congo(FARDC) kurwanya M23.

Aba basirikare bo muri Batayo yo muri Task Force, bamaze umwaka urenga muri Kivu y’Epfo kurwanya i Nyeshamba zirimo n’izirwanya leta y’u Burundi, nka Red Tabara na FNL ndetse n’indi mitwe y’i Nyeshamba y’imbere mugihugu ca RDC. Iyi Batayo ikaba yarashizweho nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Tshisekedi yagiriye m’u Burundi, m’ukwezi kwa Gatanu umwaka wa 2022.

By Bruce Bahanda.

Tariki 23/09/2023.

Tags: FARDC n'ingabo za BarundiKivu yamajy'EpfoMinovaTask Force
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Muri Nyiragongo havutse undi mutwe w'itwaje Imbunda, naho ingabo za RDC zaburiye M23 kurambika imbunda hasi bitaba ibyo bagakoresha ingufu za Gisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?