Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo Za EAC Ziri Mubutumwa Bwa Mahoro Muri RDC, Zongerewe Ikindi Gihe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za EAC, zifite inshingano yogushakira amahoro uburasirazuba bwa Repuburika ya Demokarasi ya Congo bongewe indi manda yamezi atatu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 31.05.2023, saa 9:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nimu nama igira 21 yahuje abakuru b’ibihugu bihuriye mumuryango Wa Africa y’iburasirazuba (EAC).

Muri iyo nama Kandi hakiriwe indahiro z’ibyegera bibiri by’umunyambanga mukuru wa EAC, Umunyakenya Peter Mutuku Mathuki.

Abarahiye kuba ibyegera bose uko ari babiri ni abagore: “Annette Mutaawe Ssemwemba, Umugande kazi na Andrea Aguer Ariik Malueth, ukomoka muri Sudani y’amajepfo.”

Igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo nico gihugu giheruka kwinjira bwanyuma mu muryango wa EAC, iki gihugu cyo ntikiragira Abayobozi mu nzego zose gusa gifite umwe ukora mubucamanza bwuyumuryango wa EAC, ariwe Ignace Kayemba.

President w’igihugu c’Uburundi niwe uramutswa umuryango wa EAC muriyi manda imara umwaka umwe gusa. President Evalist Ndayishimiye, mwijambo rye akaba yashimiye uburyo uwo muryango muri ibi bihe ukomeje gushakira akarere kose Umutekano mwiza.

Umukuru w’igihugu ca Kenya William Ruto, igihugu ciwe gikomokamwo umukuru w’ingabo za EAC ziri muburasirazuba bwa Congo akaba ari nawe mukuru w’igihugu wenyine witabiriye iyonama i Bujumbura mu Burundi, yashimiye President wu Burundi.

Yashimiye mugenzi we w’Uburundi Evariste Ndayishimiye ku ntambwe agezeho mugushakira amahoro Republika ya Demokarasi ya Congo.

Itangazo iyo nama bashize hanze risoza ibyo biganiro havuzwe mo Indi manda yongerewe ingabo za EAC ziri mubutumwa bwa Mahoro muri RDC, bavuzeko manda yabo izarangira tariki 8.09.2023.

Inama y’i Bujumbura kandi yemeje ko hagiye kubaho umusivile uzofasha umukuru w’ingabo za EAC kugira ngo ibintu birusheho kunoga akazamufasha kubijanye na politike n’ibindi bibazo bitareba abasirikare.

Iyo nama yateranye mugihe kandi umwuka mubi wasubiye gututumba Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, nimugihe leta ya Kinshasa ikomeje gutanga Ibiganiro bivuga ko M23 irimo yitegura gufata umujyi wa Goma, gusa ibi M23 yabihakanye ibinyujije mumuvugizi wabo mubya gisirikare bwana Major Willy Ngoma, aho yavuze ko bo biteguye gukora Ibiganiro.

Ngoma Willy akaba yavuze ko ahubwo leta ariyo irimo kwitegura gukora intambara ngo kuko bakomeje kwifatanya na Fadlr ndetse nokugura ibibunda biremereye.

Tags: AmeziEACManda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

KINSHASA: Chaotic Electoral Process In The National Assembly And All Levels Of Governance.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?