• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo Za EAC Ziri Mubutumwa Bwa Mahoro Muri RDC, Zongerewe Ikindi Gihe.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za EAC, zifite inshingano yogushakira amahoro uburasirazuba bwa Repuburika ya Demokarasi ya Congo bongewe indi manda yamezi atatu.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 31.05.2023, saa 9:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nimu nama igira 21 yahuje abakuru b’ibihugu bihuriye mumuryango Wa Africa y’iburasirazuba (EAC).

Muri iyo nama Kandi hakiriwe indahiro z’ibyegera bibiri by’umunyambanga mukuru wa EAC, Umunyakenya Peter Mutuku Mathuki.

Abarahiye kuba ibyegera bose uko ari babiri ni abagore: “Annette Mutaawe Ssemwemba, Umugande kazi na Andrea Aguer Ariik Malueth, ukomoka muri Sudani y’amajepfo.”

Igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo nico gihugu giheruka kwinjira bwanyuma mu muryango wa EAC, iki gihugu cyo ntikiragira Abayobozi mu nzego zose gusa gifite umwe ukora mubucamanza bwuyumuryango wa EAC, ariwe Ignace Kayemba.

President w’igihugu c’Uburundi niwe uramutswa umuryango wa EAC muriyi manda imara umwaka umwe gusa. President Evalist Ndayishimiye, mwijambo rye akaba yashimiye uburyo uwo muryango muri ibi bihe ukomeje gushakira akarere kose Umutekano mwiza.

Umukuru w’igihugu ca Kenya William Ruto, igihugu ciwe gikomokamwo umukuru w’ingabo za EAC ziri muburasirazuba bwa Congo akaba ari nawe mukuru w’igihugu wenyine witabiriye iyonama i Bujumbura mu Burundi, yashimiye President wu Burundi.

Yashimiye mugenzi we w’Uburundi Evariste Ndayishimiye ku ntambwe agezeho mugushakira amahoro Republika ya Demokarasi ya Congo.

Itangazo iyo nama bashize hanze risoza ibyo biganiro havuzwe mo Indi manda yongerewe ingabo za EAC ziri mubutumwa bwa Mahoro muri RDC, bavuzeko manda yabo izarangira tariki 8.09.2023.

Inama y’i Bujumbura kandi yemeje ko hagiye kubaho umusivile uzofasha umukuru w’ingabo za EAC kugira ngo ibintu birusheho kunoga akazamufasha kubijanye na politike n’ibindi bibazo bitareba abasirikare.

Iyo nama yateranye mugihe kandi umwuka mubi wasubiye gututumba Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, nimugihe leta ya Kinshasa ikomeje gutanga Ibiganiro bivuga ko M23 irimo yitegura gufata umujyi wa Goma, gusa ibi M23 yabihakanye ibinyujije mumuvugizi wabo mubya gisirikare bwana Major Willy Ngoma, aho yavuze ko bo biteguye gukora Ibiganiro.

Ngoma Willy akaba yavuze ko ahubwo leta ariyo irimo kwitegura gukora intambara ngo kuko bakomeje kwifatanya na Fadlr ndetse nokugura ibibunda biremereye.

Tags: AmeziEACManda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

KINSHASA: Chaotic Electoral Process In The National Assembly And All Levels Of Governance.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?