• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za EACRF, za Uganda, iz’u Burundi na Sudan y’Epfo, zahawe umunsi nta rengwa wo kuba zavuye muri RDC Congo.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba EACRF za Uganda n’iz’u Burundi, z’ibarizwa k’ubutaka bwo muri Kivu y’Amajyaruguru, zahawe umunsi ntarengwa wo kuba zavuye k’u butaka bwo mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nk’uko biri ingabo za Kenya nazo zabarizwaga muri uwo muryango zo ko ari magana atatu (300), zamaze kuva muri iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, hakaba hasigaye iz’u Burundi, Uganda n’iza Sudan y’Epfo. Gusa ziriya za Sudan y’Epfo zo kwari 287 zahawe itegeko ko zigomba kuba zamaze kuva muri iki gihugu kuri uyu wa Gatanu tariki 08/12/2023.

Ibi byavuye mu myanzuro y’i Nama ya bagaba bakuru b’ingabo bo muri uwo muryango wa EAC, yabereye i Arusha muri Tanzania, ku wa Gatatu, tariki 06/12/2023.

Mw’itangazo ryagiye hanze uyu munsi ry’a bariya bagaba b’ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, ryavuze ko ingabo za Uganda n’iz’u Burundi ko zitagomba kuzarenza tariki 07/01/2024, zikiri muriki gihugu.

Mu bindi bikubiye mu myanzuro y’i Nama ya bagaba bakuru b’ingabo z’u muryango wa EAC banzuye ko imirwano yongeye kubura mu Burasirazuba bwa RDC, muri teritware ya Masisi ko igomba guhagarara ku mpande zose zirwana hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo, kugira ngo umutekano wongere ugaruke muri ibi bice.

Hagati aho hitezwe ko Ingabo z’u muryango w’ibihugu by’ubukungu byo muri Afrika y’Amajy’epfo (SADC), zijya muri RDC Congo gufasha FARDC kurwanya M23.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo za EACRF za Uganda n'iz'u Burundi na Sudan y'Epfo zahawe umunsi ntarengwa wo kuba zavuye muri RDC Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Mu bitero bya gabwe mu nkengero za Komine Minembwe, bya fatiwe mo matekwa y'u murundi uvuka mu Ntara ya Ngozi mu gihugu c'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?