Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za EACRF, za Uganda, iz’u Burundi na Sudan y’Epfo, zahawe umunsi nta rengwa wo kuba zavuye muri RDC Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba EACRF za Uganda n’iz’u Burundi, z’ibarizwa k’ubutaka bwo muri Kivu y’Amajyaruguru, zahawe umunsi ntarengwa wo kuba zavuye k’u butaka bwo mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko biri ingabo za Kenya nazo zabarizwaga muri uwo muryango zo ko ari magana atatu (300), zamaze kuva muri iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, hakaba hasigaye iz’u Burundi, Uganda n’iza Sudan y’Epfo. Gusa ziriya za Sudan y’Epfo zo kwari 287 zahawe itegeko ko zigomba kuba zamaze kuva muri iki gihugu kuri uyu wa Gatanu tariki 08/12/2023.

Ibi byavuye mu myanzuro y’i Nama ya bagaba bakuru b’ingabo bo muri uwo muryango wa EAC, yabereye i Arusha muri Tanzania, ku wa Gatatu, tariki 06/12/2023.

Mw’itangazo ryagiye hanze uyu munsi ry’a bariya bagaba b’ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, ryavuze ko ingabo za Uganda n’iz’u Burundi ko zitagomba kuzarenza tariki 07/01/2024, zikiri muriki gihugu.

Mu bindi bikubiye mu myanzuro y’i Nama ya bagaba bakuru b’ingabo z’u muryango wa EAC banzuye ko imirwano yongeye kubura mu Burasirazuba bwa RDC, muri teritware ya Masisi ko igomba guhagarara ku mpande zose zirwana hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo, kugira ngo umutekano wongere ugaruke muri ibi bice.

Hagati aho hitezwe ko Ingabo z’u muryango w’ibihugu by’ubukungu byo muri Afrika y’Amajy’epfo (SADC), zijya muri RDC Congo gufasha FARDC kurwanya M23.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo za EACRF za Uganda n'iz'u Burundi na Sudan y'Epfo zahawe umunsi ntarengwa wo kuba zavuye muri RDC Congo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Mu bitero bya gabwe mu nkengero za Komine Minembwe, bya fatiwe mo matekwa y'u murundi uvuka mu Ntara ya Ngozi mu gihugu c'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?