
Igisirikare ca Republika iharanira democrasi ya Congo( FARDC), cakozwe nisoni ninshi nyuma yuko ingabo z’Uburundi (FDNB) zinyomaje ko zitagabweho igitero na M23 nkuko byaribyatangajwe numuvugizi w’igisirikare muntara ya Kivu ya Ruguru.
Aharejo tariki 07/03/2023, umuvugizi w’igisirikare muntara ya Kivu ya Ruguru bwana Lieutenant Colonel Ndjike Kaiko Guillaume, yabwiye itangaza makuru ko umutwe wa M23 ukomeje ibitero ahagana aho ingabo za b’Arundi ziherereye ati ndetse zarashwe ho nuyumutwe, izingabo z’Uburundi (FDNB), zimaze iminsi ibarigwa kuntoki muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo, murwego rwa EAC.
Kuruyu wagatatu, umuvugizi w’igisirikare c’Uburundi, Colonel Floribert Biyereke, yabwiye umunyamakuru wa BBC, ati: “Ico gitero ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (FARDC), ivuga ko twagabweho ati ntaco twe twabonye ntanubwo twigeze tugabwaho igitero kuva tugeze muburasirazuba bwa Congo.”
Ingabo za M23 nazo ubwazo zahakanye ko ntagitero zagabye kungabo za Barundi, M23 yahakanye ibinyujije mumuvugizi wayo mubyagisirikare bwana Major Willy Ngoma, yagize ati : “Ico ingabo za leta ya Felix Tshisekedi (FARDC), bazi nukubesha noguhunga urugamba ariko ibindi byarabananiye byose.”
Uyumunsi kugicamunsi mubice bya Kaluba ho muri Territory ya Masisi ingabo za leta ya Congo ( FARDC), zagabye ibitero ahari ibirindiro bya M23, mugihe haramasezerano yoguhagarika intambara kumpande zombi.
Muriki gitero cakozwe n’ingabo za leta ya Congo cateye Abaturage kongera guhunga mubice bya Masisi ahahereye inkengero za Kaluba.