• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za FARDC zongeye kwinjira ku butaka bw’u Rwanda zinahakorera ibizisuzuguza.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za FARDC zongeye kwinjira ku butaka bw’u Rwanda zinahakorera ibizisuzuguza.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC zongeye kwinjira ku butaka bw’u Rwanda zinahakorera ibizisuzuguza.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bamwe mu basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), binjiye mu Rwanda, biba Inka 8 z’abaturage zimwe murizo zirabatoroka.

Agace aba basirikare binjiriyemo gaherereye mu karere ka Rubavu.
Inka zibwe zari ziragiriwe mu bice byegereye umupaka nko mu kirometero 1 n’igice uvuye ku mupaka uhuza u Rwanda na RDC.

Ibi bikaba byarabaye mu masaha y’ijoro ryo ku wa gatandatu kw’itariki ya 17/11/2024.
Abaturage bibwe izo nka babwiye ikinyamakuru cya Bwiza ko abasirikare baje kubiba Inka barimo bavuga ururimi rw’iringara, kandi ko baje ari benshi ari nabyo byatumye banyir’inka bakizwa n’amagaru barahunga abandi nabo barazishorera.

Nyirikwibwa Inka yanabwiye iki gitangaza ko yifuza ko yashumbushwa izindi, kuko arizo yari ategeyemo amakiriro, akanasaba ko u Rwanda rwashyira ingabo ku mupaka uhuza ibi bihugu byombi, kugira ngo habe umutekano.

Aya makuru kandi yemejwe n’ubuyobozi wa karere ka Rubavu, aho yabwiye itangazamakuru ati: “Inka z’abaturage zari ziherereye muduce two k’umupaka na RDC , mu kibaya zibwe bazijana muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, kandi tugiye gukorana inama n’abaturage, ngo twongere kubibutsa kutegereza Inka umupaka.”

Yanaboneyeho kwibutsa abaturage gukaza amarondo , kuko hari ubwo bishoboka ko baripanze nabi, ibyo afata nk’amarondo y’umurimbo bikarangira bariciye mu rihumye, naryo rikamenya ibyabaye bitinze.”

Iki kibaya cya RDC gihana umupaka n’u Rwanda kirimo ingabo za Fardc, FDLR na Wazalendo, ariko kubera imibereho yazo mibi babayeho baza kwiba ibyo kubatunga bakabishakira mu Rwanda.

Ikindi n’uko atari ubwa mbere ingabo za RDC ziza kwiba Inka mu Rwanda, muri 2022 umwe muri izo ngabo yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda, ubwo yari yinjiriye ahitwa Cyamabuye.

Ndetse no mu kwezi kwa Cyenda, uyu mwaka umusirikare w’icyo gihugu kandi yinjiye ku butaka bw’u Rwanda ashaka kwiba Inka ariko araziteshwa.

Tags: FardcInkaRubavuYibye
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri Tanzania isoko yagwiriye abari bayirimo.

Muri Tanzania isoko yagwiriye abari bayirimo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?