Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za FARDC zongeye kwinjira ku butaka bw’u Rwanda zinahakorera ibizisuzuguza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 18, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za FARDC zongeye kwinjira ku butaka bw’u Rwanda zinahakorera ibizisuzuguza.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC zongeye kwinjira ku butaka bw’u Rwanda zinahakorera ibizisuzuguza.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Bamwe mu basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), binjiye mu Rwanda, biba Inka 8 z’abaturage zimwe murizo zirabatoroka.

Agace aba basirikare binjiriyemo gaherereye mu karere ka Rubavu.
Inka zibwe zari ziragiriwe mu bice byegereye umupaka nko mu kirometero 1 n’igice uvuye ku mupaka uhuza u Rwanda na RDC.

Ibi bikaba byarabaye mu masaha y’ijoro ryo ku wa gatandatu kw’itariki ya 17/11/2024.
Abaturage bibwe izo nka babwiye ikinyamakuru cya Bwiza ko abasirikare baje kubiba Inka barimo bavuga ururimi rw’iringara, kandi ko baje ari benshi ari nabyo byatumye banyir’inka bakizwa n’amagaru barahunga abandi nabo barazishorera.

Nyirikwibwa Inka yanabwiye iki gitangaza ko yifuza ko yashumbushwa izindi, kuko arizo yari ategeyemo amakiriro, akanasaba ko u Rwanda rwashyira ingabo ku mupaka uhuza ibi bihugu byombi, kugira ngo habe umutekano.

Aya makuru kandi yemejwe n’ubuyobozi wa karere ka Rubavu, aho yabwiye itangazamakuru ati: “Inka z’abaturage zari ziherereye muduce two k’umupaka na RDC , mu kibaya zibwe bazijana muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, kandi tugiye gukorana inama n’abaturage, ngo twongere kubibutsa kutegereza Inka umupaka.”

Yanaboneyeho kwibutsa abaturage gukaza amarondo , kuko hari ubwo bishoboka ko baripanze nabi, ibyo afata nk’amarondo y’umurimbo bikarangira bariciye mu rihumye, naryo rikamenya ibyabaye bitinze.”

Iki kibaya cya RDC gihana umupaka n’u Rwanda kirimo ingabo za Fardc, FDLR na Wazalendo, ariko kubera imibereho yazo mibi babayeho baza kwiba ibyo kubatunga bakabishakira mu Rwanda.

Ikindi n’uko atari ubwa mbere ingabo za RDC ziza kwiba Inka mu Rwanda, muri 2022 umwe muri izo ngabo yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda, ubwo yari yinjiriye ahitwa Cyamabuye.

Ndetse no mu kwezi kwa Cyenda, uyu mwaka umusirikare w’icyo gihugu kandi yinjiye ku butaka bw’u Rwanda ashaka kwiba Inka ariko araziteshwa.

Tags: FardcInkaRubavuYibye
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Muri Tanzania isoko yagwiriye abari bayirimo.

Muri Tanzania isoko yagwiriye abari bayirimo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?