• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za MONUSCO zagawe mu kanama ka LONI gashinzwe umutekano ku Isi.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba MONUSCO bakomerekeye mu mirwano, M23 kandi yafashe utundi duce turi mu mwinjiro wa Goma.
110
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za MONUSCO zagawe mu kanama ka LONI gashinzwe umutekano ku Isi.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

U Rwanda binyuze muri ambasaderi wayo mu muryango w’Abibumbye yagaragarije akanama ka Loni gashyinzwe amahoro ku isi ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye zizwi nka MONUSCO zifatanyije n’iza FARDC zikorana byahafi n’umutwe wa FDLR n’indi mitwe ishinjwa kwica Abatutsi bo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu Nama idasanzwe y’akanama k’umuryango w’Abibumbye yateranye ahar’ejo tariki ya 26/01/2025, yiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo, minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’iki gihugu cya RDC, Thérèse Kayikwamba yongeye kurega u Rwanda, avuga ko ari rwo ruri kurwana n’ingabo za RDC mu ntambara isize umujyi wa Goma wigaruriwe n’umutwe wa M23.

Yabivuze mu gihe u Rwanda inshuro nyinshi rwagiye rugaragaza ko nta ngabo zarwo ziri mu Burasirazuba bwa RDC, rukavuga ko nta nyungu n’imwe rwakura mukuzohereza yo.

Muri iyi nama y’igitaraganya y’akanama k’umuryango w’Abibumbye yateranye ahar’ejo ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC, ambasaderi w’u Rwanda muri uwo muryango w’Abibumbye, Rwamucyo Ernest yayivuzemo ko muri RDC hariyo imitwe yitwaje intwaro irenga 250 ikomoka imbere mu gihugu, na M23 ihanganyemo n’ingabo za RDC, hakaba kandi n’indi 14 ikomoka hanze irimo FDLR yasize ikoze jenoside mu 1994.

Avuga ko u Rwanda nta kibazo ruteje kuri MONUSCO, ndetse ko nta n’umuntu ukwiye kubangamira umutwe ushinzwe kurinda amahoro ariko ibikorwa by’izi ngabo bitajyanye n’inshingano zashyiriweho.

Yagize ati: “U Rwanda nta kibazo ruteje kuri MONUSCO, ndetse nta muntu ukwiye guhungabanya abashinzwe kugarura amahoro, ariko uko ibimenyetso bimeze, birivugira. U Rwanda hano ruvuga ibintu bitatu. Monuc ari yo yaje guhinduka MONUSCO yoherejwe muri RDC mu 1999, ubu ihamaze imyaka 26. Imyanzuro yashyizweho Monuc yaje kuba MONUSCO yayihaye inshingano zo gusenya FDLR ariko, ikibabaje ni uko kuva MONUSCO yagera muri RDC, ikibazo cy’umutekano muke cyakomeje kwiyongera.”

Yavuze kandi ko “MONUSCO yataye inshingano zayo zo kugarura amahoro no kurinda abasivile ikinjira mu ihuriro rya FARDC rifite umugambi wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda na rwo kandi akaba ari igihugu kinyamuryango cya Loni. Iri huriro ryashinzwe na Leta ya Kinshasa, ririmo imitwe itandukanye yitwaje imbunda yahawe amabwiriza na perezida Félix Tshisekedi yo guhirika ubutegetsi bwa Kigali.”

Rwamucyo Ernest yagaragaje kandi ko MONUSCO ikwiye gushyira ingufu mu kurinda umutwe w’abasivile no kugarura amahoro aho kurwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Yanahamije kandi ko imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo yakoze ibyaha bikomeye kandi bifite ingaruka ku buryo ingabo twashyizeho zidakwiye kwifatanya n’imitwe ikora ibikorwa nk’ibyo.

Igitangaje MONUSCO ishinjwa gukorana byahafi n’igisirikare cya RDC, mu gihe ubutumwa bwayo muri iki gihugu ari bwo buhabwa ingengo y’imari iruta ubwahandi hose ku Isi.

Tags: LoniMonusco
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Bidasubirwaho agace kari muri Goma FARDC yarisigayemo M23 yakabambuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?