Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Monusco, zigiye kwinjira mu rugamba rweruye rwo guhangana na M23, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 9, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za Monusco, zigiye kwinjira mu rugamba rweruye rwo guhangana na M23, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zigiye kwinjira mu mirwano yo guhashya M23, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nk’uko bya vuzwe, ibi byatangajwe n’u munyabanga mukuru w’ungirije w’umuryango w’Abibumbye, ushinzwe ibikorwa by’amahoro, Jean Pierre La croix. Yabivuze ubwo yari mu kiganiro yagiranye na perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

N’i kiganiro bivugwa ko cyabaye k’u itariki ya 06/02/2024, gitangazwa k’u munsi w’ejo hashize tariki ya 08/02/2024.

Uy’u muyobozi w’umuryango w’Abibumbye, Jean Pierre Lacroix, binavugwa ko nyuma y’uko abonanye na perezida Félix Tshisekedi, yaje kandi kuganira n’uyoboye Ingabo za SADC muri RDC, Major Gen Monwabisi Dyakopu, ndetse anaganira n’abandi basirikare bakuru harimo n’abahagarariye Sosiyete sivile.

Uy’u muyobozi uri mubavuga rikijana ku Isi, Jean Pierre La Croix yabwiye perezida Félix Tshisekedi, ko ahangayikishijwe n’intambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bwa RDC.

Maze aza kwemeza ko ingabo z’u muryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwa mahoro muri RDC, zizwi nka Monusco ko zigomba gufatanya urugamba na Wazalendo, FARDC na SADC, bakarwanya M23.

Yagize ati: “Twagaragaje kandi ko duhari kugira ngo Monusco ibashe gutera inkunga ubutumwa bwa SADC muri RDC.”

Twibutse ho gato, umwaka ushize w’2023, ingabo za MONUSCO zashizeho umutwe w’Ingabo uhuriweho na FARDC, bavuga ko bagiye gukora operasiyo yari yahawe izina rya “Springbok,” yarigamije kurwanya M23.

Muri icyo gihe bahise bashira ibirindiro ahitwa Kimoka na Kabati, batangaza ko bazakomeza ku bishinga n’ahandi, iyi operasiyo, yaje kwibagirana mu gihe M23 yari maze gufata ibice bya Karuba na Kabati.

Gusa Ingabo za MONUSCO zishinjwa n’Abanyekongo kuba ziha ubufasha M23, n’ubwo bidafitiwe gihamya.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aheruka gushira inyandiko hanze zishinja igisirikare cya MONUSCO gutera inkunga FARDC, FDLR na Wazalendo.

Inyandiko za Kanyuka zivuga ko uruhande rw’Ingabo za RDC bica abaturage bakoresheje gutera ibisasu mu baturage bikarangira byishe abaturage bigasenya n’ibikorwa remezo.

Bruce Bahanda.

Tags: kwinjiraM23MonuscoSADCurugamba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’intebe w’ungirije akaba na minisitiri w’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yageze i Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Minisitiri w'intebe w'ungirije akaba na minisitiri w'Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yageze i Goma k'u murwa mukuru w'i Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?