• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za MONUSCO ziri mu Burasirazuba bwa RDC zamishijweho urufaya rwa masasu, uti byagenze gute?

minebwenews by minebwenews
June 17, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za MONUSCO  ziri mu Burasirazuba bwa RDC  zamishijweho urufaya rwa masasu, uti byagenze gute?
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye(Monusco), ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo zamishijweho urufaya rwa masasu, uti byagenze gute?

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu gitondo cyo ku itariki ya 15/06/2024, nibwo Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, Monusco, zagabweho igitero gikaze nabo bivugwa ko ari Wazalendo bazwiho gukorana byahafi n’igisirikare cya FARDC.

Ay’amakuru nk’uko yatangajwe na Radio Okapi avuga ko icyo gitero cyagabwe ku ngabo za Monusco zisanzwe mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, cyabereye mu gace kitwa Malende mu birometro 7 uvuye mu mujyi wa Butembo ho muri Kivu y’Amajyaruguru.

Iyi radio yanasobanuye ko byabaye ubwo ingabo za Monusco zari zerekeje mu bikorwa byo kurinda abaturage ngo badaterwa n’abarwanyi b’u mutwe w’iterabwoba wa ADF bamaze igihe bica abaturage mu Ntara ya Ituri no mu bice byo muri teritware ya Beni.

Inkuru ikomeza ivuga ko izi ngabo za Monusco zaje kugabwaho igitero na Wazalendo, maze nayo irabasubiza. Byanasobanuwe ko aba komeretse ku ruhande rwa Monusco ko baje kujanwa mu kigo cya gisirikare cya Mavivi kiri i Beni ngo bavurwe.

U Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo bukomeje kubamo isibaniro ry’intambara biturutse ku mitwe y’itwaje imbunda irenga 200 ihakorera.

Hakiyongeraho n’abaturage benshi batunze intwaro harimo n’abo bitwa Wazalendo bazwiho gufatanya n’igisirikare cya leta ya Kinshasa, kugira ngo barwanye M23. Ariko ahanini bivugwa ko izi mbunda zikoreshwa na Wazalendo mu kw’iba no kwica abaturage.

             MCN.
Tags: ButemboMonuscoUrufaya rwa masasuWazalendoYamishijweho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umubirizi wari uzwi kwari uwa matungo, wagaragajwe ko uvura indwara 25 harimo ko hari nizo urinda.

Umubirizi wari uzwi kwari uwa matungo, wagaragajwe ko uvura indwara 25 harimo ko hari nizo urinda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?