Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za Perezida Félix Tshisekedi, zishe abasivile muri Groupemant ya Buhumba zongera gukomeretsa zirashe undi mugabo womuri Localite ya Cyegera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo, barashinjwa kwica abaturage bo mubice byo M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko iy’i nkuru Minembwe Capital News, tuyikesha abaturiye ibyo bice, n’uko ziriya ngabo za leta ya Kinshasa, zishe umubyeyi wabana batanu(5), Zabayo Hangi, w’imyaka 40 akaba yari yarashakanye na Nsengimana Rugira, bari basanzwe batuye muri Village Buzamba, muri Localite ya Ngombera homuri Groupement ya Buhumba, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Nyuma yokwica bongeye gukomeretsa undi mugabo womuri Localite ya Cyegera, homuri Groupement ya Buhumba, aho byavuzwe ko mukumukomeretsa bakoresheje imbunda barasa.

Ay’amakuru yanemejwe n’u muvugizi wa M23 mubyapolitike, bwana Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter.

Lawrence Kanyuka, yagize ati: “Ingabo za Perezida Félix Tshisekedi, bishe abasivile benshi, nka Zabayo Hangi w’imyaka 40 bamwishe.”

Yongyeyeho kandi ati: “Iz’ingabo za Perezida Félix Tshisekedi, zakomerekeje n’undi mugabo zimurashe, usanzwe atuye muri Localite ya Cyegera, homuri Groupement ya Buhumba.”

N’inyuma y’imirwano ikaze ikomeje kubera M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, aho ziriya ngabo za leta ya Kinshasa zimara kuneshwa na M23 zikuvuta mubaturage zikabica zibaziza ubwoko bwabo abatutsi ndetse byemezwa ko bica n’abaturage baba bafite isura isa n’iyabatutsi nk’uko Minembwe Capital News yabwiwe.

By Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abakandida barimo Moïse Katumbi, biteguye guhatanira kuyobora RDC, bagaragarije CENI ibyo bifuza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?