• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za RDC mu Minembwe zasubiranyemo.

minebwenews by minebwenews
October 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za RDC mu Minembwe zasubiranyemo.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za RDC mu Minembwe zasubiranyemo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 27/10/2024, abasirikare ba FARDC bo muri brigade ya 21, bakorera mu Minembwe ho mu misozi miremire y’Imulenge barasanye, hapfa abasirikare babiri harimo ufite ipeti rya Major, ndetse muri iryo rasana hapfa n’inka z’Abanyamulenge izindi zirakomereka.

Ibi byabaye ahagana isaha zirindwi z’igicamunsi bigeza isaha ya sakumi nebyiri z’u mugoroba, ku masaha ya Minembwe no mu Burasirazuba bwa RDC.

Amakuru ava muri aka gace avuga ko ubwo abantu bari mu makanisa bari gusenga, humvikanye ibiturika byinshi, kandi ko byavuye ku musirikare wa FARDC wari wimwe “umushahara we,” mu gihe yari atangiye kuwubaza ababishinzwe arasa hejuru, birangira komanda we amurashe ahita y’itaba Imana ako kanya.

Haje gukurikiraho iraswa ry’uwo komanda wari warashe umusirikare we, aho abandi basirikare baraho bahise bamurasa uyu komanda wari ufite ipeti rya Major nawe ahasiga ubuzima.

Nyuma aha muri Minembwe uduce twinshi twarimo ingabo za Leta zakomerejeho kurasa amasasu, nka hitwa Kiziba ahari ikibuga cy’indege gikuru cya Minembwe, humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi, Muzinda n’ahandi, ndetse Inka zitandatu z’Abanyamulenge zabigendeyemo izindi zirakomereka.

Mu gihe muri Centre ya Minembwe ho hatabaye kurasagura gusa, kuko ho banasahuye amaduka y’abacuruzi, kandi ibyo byakorwaga n’izi ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) zo muri brigade ya 21.

Umuturage uherereye muri ako gace yahaye minembwe.com ubuhamya agira ati: “Ntibyari ibintu, ikirere cyose cya Minembwe cyumvikanyemo amasasu. Twe twari kuri kereziya, tuza kumva amasasu. Bavuga ko ari umusirikare warimo abaza ifaranga ze, major we aramurasa. Ku Kiziba barashye, Muzinda n’ahandi.”

Yakomeje agira ati: “Ibyabaye muri Minembwe ni akajagari gusa. Abacuruzi basahuwe ibyabo abandi barahunze . Kugeza isaha z’umugoroba wajoro hari hakirimo humvikana amasasu. Hapfuye abasirikare babiri n’inka z’Abanyamulenge zitandatu.”

Kubera ubwibyi buba mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, biri mu bitera abasirikare gusubiranamo, ahanini igihe baba bahawe imishahara yabo, kuko igihe kimwe itinda kuza hakaba ubwo bamara n’amezi menshi badahembwa, ni gihe ibonetse hakaza iyabamwe abandi ikabura.
Ibyo biri mu bituma abasirikare bohejuru bashinjwa kuba aribo banyiribayazana! Kubera ibyo ugasanga habaye gusubiranamo.

Ariko nubwo iz’ingabo zasubiranyemo, muri aka gace hari umutekano bitandukanye no mu Mibunda kuko ho hari intambara hagati y’ingabo z’u Burundi n’umutwe wa Red-Tabara.

Tags: BasubiranyemoBrigade ya 21FardcMinembwe
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Burundi yakuriye inzira ku murima Bank y’isi anavuga ko u Burundi butunze.

Perezida w'u Burundi yakuriye inzira ku murima Bank y'isi anavuga ko u Burundi butunze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?