• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za RDC ngozamaze kwambarira urugamba rwo kurwanya umutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
September 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, haravugwa umutekano muke nimugihe ingabo za RDC ngozaba zamaze kwambarira urugamba rwo kurwanya umutwe w’inyeshamba wa M23.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira yizewe nuko izi Ngabo za leta ya Kinshasa (FARDC) zamaze kujenga ibi Bunda byamizinga mubice byinshi biherereye muri teritware ya Masisi bagamije kurwanya ziriya nyeshamba za M23.

Bimwe mubice byamaze kugeramo abasirikare benshi ndetse n’ibi Bunda bikomakomeye harimo ahitwa Kurugi aha ngohashizwe abasirikare ba FARDC na FDLR bakaba bahashinze ni Mbunda bita BM na Kateusha.

Mugihe ahitwa Kabati ho hongerewe inyeshamba zizwiho gukorana byahafi n’ingabo za FARDC bo mutwe wa Nyatura na FDLR. Kurusengero na Makombo hari FDLR yonyine gusa.

Ahitwa King hari uruvange gwingabo za FARDC zivanze na Nyatura na FDLR.

Kumakara ho n’ingabo za RDC. Naho ahazwi nko mwifamu ya Kamanzi no kwa Sadron niho hari umu Colonel uzwi kw’izina rya Ruhinda usanzwe ayoboye umutwe w’inyeshamba wa FDLR ukomoka mugihugu c’u Rwanda.

Harandi makuru Minembwe Capital News yamaze kwakira avugwa ko ingabo za SADEC na Barusiya, kobamaze kw’injizwa rwihishwa bakaba bashizwe muri Sake. Ikindi gikundi c’ingabo ninshi za FARDC ngo cyageze mubice bya Gashuga hafi na Mweso bavuye Nyanzare.

Iz’ingabo zose zigamije kurimbura icitwa M23 nkuko ayamakuru twayahawe nabantu bizewe baturiye ibyo bice.

Ubwo Minembwe Capital News, yakurikiranaga ayamakuru byanavuzwe ko Umusirikare mukuru ureba ingabo za RDC muri Kivu yamajy’Epfo, koyahamagaye ingabo ze ziri mubice bya Lubirizi abasaba kuba maso ngo kuko Inyeshamba zo mu mutwe wa M23 bashaka kugaba igitero muri Uvira banyuze i Burundi. Ibi bikaba bihuriranye nuko ingabo za Barundi bahoraga mu Misozi Miremire y’Imulenge bamaze icyumweru kirenga baroherejwe gukorera muri Plaine Dela Ruzizi bikanemezwa ko izi Ngabo ngozaba zaraje gufunga amayira akekwaho ko M23 ngoyaba ishaka kuyanyuramo kugira ngo ikore intambara muri Kivu yamajy’Epfo.

By Bruce Bahanda.

Tariki 11/09/2023.

Tags: Ingabo za RDC ngozamaze kwambarira urugamba rwo kurwanya umutwe w'inyeshamba wa M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Félix Tshisekedi, yakiriye mubiro bye umuyobozi Mukuru w'idini rifite imyizerere idasanzwe rya Simon Kimbangu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?