• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo za RDC zacitse intege.

minebwenews by minebwenews
June 7, 2025
in Conflict & Security
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za RDC zacitse intege.

You might also like

General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze

Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC

Drone y’Ingabo za RDC Yahanuwe Ivuye ku Butaka bw’u Burundi Ishaka Kugaba Igitero

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntambara zihanganyemo n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho zamaze gucika intege ntizikirwana zitegereje gusa itegeko ribabwira ko zatsinzwe burundu.

Bikubiye mu butumwa MCN yahawe n’umwe mu barwanyi bo muri iri huriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa rinagamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Nk’uko uyu murwanyi utashatse ko amazina ye atangazwa, yahamije ko umuhate w’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta wacyogoye, kandi ko zatsinzwe.

Yagize ati: “Uwo turwana na we yacitse intege. Nta n’uwo ugihaba. Uwo mwumva ni ben’uyu ubuje kwiba akarasa gusa kugira ngo yihe inzira.”

Avuga ko uyu yita Umwanzi wabo ari na we urwanirira Leta y’i Kinshasa ko yacyogoye mu bice byose yarakunze kugabamo ibitero, yaba muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Yasobanuye ko ubwo abarwanyi babo bo muri AFC/M23 bafataga Pinga ejo bundi ku wa kane w’iki cyumweru, nta kurinda kwigeze kugaragara ku ngabo zo ku ruhande rwa Leta, ngo kuko zahise zihunga zitabanje kurema nk’izarebaga icyo gice.

Ndetse kandi no mu mirwano yabaye hagati y’izi mpande zombi ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 06/06/2025, mu duce turi mu nkengero ya Pinga ni mu gihe aba barwanyi bo muri AFC/M23 barimo kwagura ibirindiro byabo, ziriya ngabo za RDC zarakubiswe zirashorerwa ntaguhangana kwigeze kuhaba nk’uko byabaga mbere.

Ati: “Kuri uyu wa gatanuho, kwari nko kuzishorera. Zavuye mu duce turi mu nkengero ya Pinga nta guhangana kubayeho pe! Zacitse intege.”

Mbere y’ifatwa rya Goma na Bukavu na nyuma yabwo gato, abarwanirira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi nubwo batsindwaga urugamba, ariko hari uburyo barwanagamo bugaragaza ko bafitemo agatege, ariko ubu siko bikimeze byarashyize.

Uyu waganiraga na MCN yanatubwiye ko izi ngabo za Leta n’i Uvira zirindiriye ko ziraswaho zikihungira.

Ati: Urebye n’abariya bari i Uvira bategereje isasu ngo bahunge.”

Ibitero bikaze by’ihuriro ry’Ingabo za Congo biheruka kugabwa kuri Twirwaneho na M23 mu mpera z’ukwezi kwa gatanu, muri teritware ya Fizi, Kabare, Mwenga, Walungu, Uvira na Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo, ndetse na Walikale, Masisi, Lubero na Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ariko kuri ubuho, ibitero zisigariyeho n’ibiba bigamije kwiba no kwangiza gusa, nk’uko uriya murwanyi yakomeje avuga, ngo naho ubundi u Burasirazuba AFC/M23 yarabufashe, ngo isigaje kubohoza na Kinshasa umurwa mukuru w’iki gihugu n’izindi ntara.

Tags: FardcRdcYacitse intege
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze

General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze General Hamuri Yakutumba, umwe mu bayobozi b’umutwe wa Wazalendo urwana ku ruhande rwa Leta ya RDC, yagaragaje umujinya ukomeye...

Read moreDetails

Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC

Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 05/12/2025, mu gace kitwa Mubadage, kari...

Read moreDetails

Drone y’Ingabo za RDC Yahanuwe Ivuye ku Butaka bw’u Burundi Ishaka Kugaba Igitero

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Drone y’Ingabo za RDC Yahanuwe Ivuye ku Butaka bw’u Burundi Ishaka Kugaba Igitero

Drone y’Ingabo za RDC Yahanuwe Ivuye ku Butaka bw’u Burundi Ishaka Kugaba Igitero Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 05/12/2025, haravugwa amakuru y’ihanurwa ry’indege nto...

Read moreDetails

Ibyabaye mu Kibaya cya Rusizi Bikomeje Guteza Impagarara

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Ibyabaye mu Kibaya cya Rusizi Bikomeje Guteza Impagarara

Ibyabaye mu Kibaya cya Rusizi Bikomeje Guteza Impagarara Amakuru ava mu Kibaya cya Rusizi akomeza kugaragaza ihungabana rikomeye mu mutekano, nyuma y’uko umunara wa Vodacom wangijwe n’ibitero by’amasasu...

Read moreDetails

Aho Imirwano Ikomeye Yashyize Ubuzima mu Kangaratete: Uduce Tubiri ku Murongo w’Intambara mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Aho Imirwano Ikomeye Yashyize Ubuzima mu Kangaratete: Uduce Tubiri ku Murongo w’Intambara mu Kibaya cya Rusizi

Aho Imirwano Ikomeye Yashyize Ubuzima mu Kangaratete: Uduce Tubiri ku Murongo w’Intambara mu Kibaya cya Rusizi Minembwe Capital News ikomeje gukurikirana umutekano muke n’imirwano ikaze ikomeje kurangwa mu...

Read moreDetails
Next Post
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?