• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitero FARDC yagabye mu baturage mu Minembwe, byaguyemo abasivile Babanyamulenge, gusa, Twirwaneho yayikubise inshuro.

minebwenews by minebwenews
December 25, 2024
in Regional Politics
0
Ibitero FARDC yagabye mu baturage mu Minembwe, byaguyemo abasivile Babanyamulenge, gusa, Twirwaneho yayikubise inshuro.
143
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero FARDC yagabye mu baturage mu Minembwe, byaguyemo abasivile Babanyamulenge, gusa, Twirwaneho yayikubise inshuro.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Uduce tugera kuri dutatu two muri komine Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, dutuwe n’Abanyamulenge, Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru muri centre rwagati ya Minembwe, zatuggabyemo ibitero, ariko Twirwaneho irwanirira abaturage yabisubije inyuma byose.

Twirwaneho n’itsinda rigizwe n’insoresore z’Abanyamulenge. Iri tsinda ryavutse nyuma y’aho Maï-Maï ku bufasha bw’ingabo za RDC yari yujuje umugambi wo gutsemba ubwoko bw’Abanyamulenge no kubwangaza mu mahanga, ubwo hari mu 2017.

Kuva mu ntangiriro z’uwo mwaka uvuzwe haruguru kugeza ubu, Abanyamulenge bagiye bagabwaho ibitero bya Maï-Maï, Inka zabo zibarirwa mu bihumbi birenga amagana ziranyagwa n’imihana yabo irasenyuka, ndetse n’abantu baricwa.

Kimweho muri iyi minsi yavuba, byagiye bigaragara ko Maï-Maï yacitse intege kubyo kwica Abanyamulenge no kubagabaho ibitero.

Ni bwo rero, ingabo za Leta ya Kinshasa zikorera mu misozi miremire y’Imulenge zatangiye nazo intambara yeruye ku Banyamulenge.

Mu mpera z’ukwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka w’ 2024, iz’i ngabo zagabye igitero gikaze mu baturage baturiye mu Kalingi; ni igitero cyasize gihitanye abasivile bane abandi benshi barakomereka, nk’uko byavuzwe icyo gihe.

Uy’umunsi, tariki ya 25/12/2024, naho FARDC yagabye igitero mu muhana w’i Lundu, ku Lunundu no mu bindi bice byo muri iyi Komine ya Minembwe.

Amakuru Minembwe.com yamaze kumenya, n’uko muri ibi bitero iz’i ngabo za Leta ya Kinshasa zagabye, yabisahuyemo aho yarimo yinjira mu mazu ikajana ibintu isanzemo, mu mazu bavuyemo bahunze . Mu byo yasahuye harimo amafu, imyenda y’abagore n’abagabo, ibishimbo n’amatungo magufi.

Si byo gusa kuko yanagiye irasa urufaya rw’amasasu mu baturage barimo bahunga bava za Lunundu berekeza mu mashyamba no mu yindi mihana iri kure n’ahabereye intambara. Abarashwe barapfa ntibaramenyekana bose, usibye umukobwa warashwe ubwo yahungaga ava ku Lunundu.

Nyamara nubwo ingabo za FARDC zakoze amanyanga menshi mu ntambara zashoye uyu munsi mu Banyamulenge, Twirwaneho yabakubise ahababaza.

Byavuzwe ko “igitero cy’izi ngabo za RDC zagabye i Lundu, abasore bo muri Twirwaneho bakibahereyemo isomo, kuko babakubise inshuro, birangira iz’i ngabo zihungiye kuri Ugeafi zicyiye i Lundu ryo kwa Makangata no ku wa Bahinda, zigeze ku kiraro cya Minembwe zambuka kuri Ugeafi zongera gukubitwa kubi!”

Ndetse kandi ahandi iz’i ngabo za leta za kubitiwe ni mu bice byo kuri Lwiko, kukoho haguye abasirikare babo benshi nubwo umubare wabahaguye utaramenyana, ariko amakuru avuga ko haguye abatari bake.

Ni mu gihe no kuri Evomi bitari byoroheye iz’i ngabo, nubwo zahise zishinga ibibunda binini muri Lunundu hejuru bazibira Twirwaneho gukomeza imbere.

Hagati aho abaturage benshi baturiye ibyo bice, baraye mu bihuru, abandi bahungiye ku misozi yo mu bice bitabereyemo intambara.

Gusa, impande zihanganye ziracyakomeje kurebana ayingwe, ariko aka kanya amasasu yahagaze mu duce twose.

Tubibutsa ko iy’i mirwano yabaye mu gihe mu Minembwe hari Komanda Secteur sokola 2 Sud-Kivu, base a Uvira. Aho no muri iki Cyumweru turimo dusoza, haje iz’indi ngabo nyinshi zaje ziturutse i Lulimba na Baraka.

Tags: AbasivileFardcMinembwe
Share57Tweet36Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Me. Nyarugabo, yashyize ahabona ubugome FARDC iri gukora mu Minembwe.

Me. Nyarugabo, yashyize ahabona ubugome FARDC iri gukora mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?