• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za RDC zirashinjwa kugaba ibitero mu baturage i Masisi.

minebwenews by minebwenews
September 10, 2024
in World News
0
Ingabo za RDC zirashinjwa kugaba ibitero mu baturage i Masisi.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za RDC zirashinjwa kugaba ibitero mu baturage i Masisi.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Umutwe wa m23, binyuze mu muvugizi wayo mu bya politiki, Lawrence Kanyuka wamaganye wivuye inyuma ibitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, wagabye kuri uyu wa Kabiri tariki 10/09/2024, mu duce two muri teritware ya Masisi, ahatuwe cyane.

Kuva ku cyumweru hakomeje kumvikana imirwano hagati ya m23 n’igisirikare cya RDC, aho no kuri uyu wa mbere w’ejo hashize imirwano yavuzwe mu gace ka Muheto no mu nkengero zako.

Kuri uyumunsiho imirwano yakomereje mu duce twa Katale, Kaniro no mutundi duce turi hafi yaho.

Inyandiko umuvigizi wa m23 yashyize hanze yamaganye yivuye inyuma ibi bitero by’ingabo za RDC byibasiye abaturage bo muri utu duce two muri teritware ya Masisi, mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Kanyuka yanditse agira ati: “Twamaganye cyane ibitero simusiga byagabwe n’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa byibasiye abaturage b’abasivile baturiye uduce dutuwe cyane nka Katale, Kaniro no mu nkengero zaho.”

Yashimangiye ibi avuga ko ibi bitero byatangiye igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’igitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kabiri.

Inyandiko za Lawrence Kanyuka ntacyo zatangaje kubyoba byangirijwe n’ihuriro ry’ingabo rya RDC ririmo FDLR, FARDC, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi na SADC.

Gusa, yavuze ko ingabo za m23, zo, zizakomeza kurengera abaturage, kandi ko zirwana kinyamwuga, mu rwego rwo kugirango zisubize ibitero iyo biba byaturutse.

Ku rundi rundi, amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko uyu mutwe wa m23 wasubije ibyo bitero inyuma, ndetse wigarurira n’agace ka Gatale no mu nkengero zako.

          MCN.
Tags: FardcImirwanoM23Masisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.

U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?