• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za RDC zirashinjwa kugaba ibitero mu baturage i Masisi.

minebwenews by minebwenews
September 10, 2024
in World News
0
Ingabo za RDC zirashinjwa kugaba ibitero mu baturage i Masisi.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za RDC zirashinjwa kugaba ibitero mu baturage i Masisi.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Umutwe wa m23, binyuze mu muvugizi wayo mu bya politiki, Lawrence Kanyuka wamaganye wivuye inyuma ibitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, wagabye kuri uyu wa Kabiri tariki 10/09/2024, mu duce two muri teritware ya Masisi, ahatuwe cyane.

Kuva ku cyumweru hakomeje kumvikana imirwano hagati ya m23 n’igisirikare cya RDC, aho no kuri uyu wa mbere w’ejo hashize imirwano yavuzwe mu gace ka Muheto no mu nkengero zako.

Kuri uyumunsiho imirwano yakomereje mu duce twa Katale, Kaniro no mutundi duce turi hafi yaho.

Inyandiko umuvigizi wa m23 yashyize hanze yamaganye yivuye inyuma ibi bitero by’ingabo za RDC byibasiye abaturage bo muri utu duce two muri teritware ya Masisi, mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Kanyuka yanditse agira ati: “Twamaganye cyane ibitero simusiga byagabwe n’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa byibasiye abaturage b’abasivile baturiye uduce dutuwe cyane nka Katale, Kaniro no mu nkengero zaho.”

Yashimangiye ibi avuga ko ibi bitero byatangiye igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’igitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kabiri.

Inyandiko za Lawrence Kanyuka ntacyo zatangaje kubyoba byangirijwe n’ihuriro ry’ingabo rya RDC ririmo FDLR, FARDC, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi na SADC.

Gusa, yavuze ko ingabo za m23, zo, zizakomeza kurengera abaturage, kandi ko zirwana kinyamwuga, mu rwego rwo kugirango zisubize ibitero iyo biba byaturutse.

Ku rundi rundi, amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko uyu mutwe wa m23 wasubije ibyo bitero inyuma, ndetse wigarurira n’agace ka Gatale no mu nkengero zako.

          MCN.
Tags: FardcImirwanoM23Masisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.

U Rwanda na RDC biri muri gahunda yo gusenya burundu FDLR, menya ibyimbitse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?