• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo za RDC ziri gukora ibigaragaza ko ziri kwitegura intambara ikomeye mu Kibaya cya Rusizi.

minebwenews by minebwenews
April 28, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo za RDC ziri gukora ibigaragaza ko ziri kwitegura intambara ikomeye mu Kibaya cya Rusizi.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za RDC ziri gukora ibigaragaza ko ziri kwitegura intambara ikomeye mu Kibaya cya Rusizi.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo zategetse abaturage bose batuye i Luvungi no mu tundi duce duherereye muri ibyo bice kuhava bakimukira i Uvira mu mujyi, mu rwego rwo kwitegura intambara ikomeye hagati y’iri huriro n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23.

Ni amakuru Minembwe Capital News ikesha abaturiye i Luvungi aho bayibwiye ko ingabo za Congo zabasabye kwimuka bakava muri iki gice no mu nkengero zacyo kandi ko zatangiye ku bibasaba kuva ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 27/04/2025.

Nk’uko umwe muri abo baturage baherereye muri ibyo bice yabisobanuye yagize ati: “FARDC n’ingabo z’u Burundi badutegetse kuva i Luvungi tukimukira mu mujyi wa Uvira.”

Yongeyeho kandi ati: “Bari kutubwira ko iki gice kigiye kuberamo imirwano ikomeye, kandi ko izaba hagati yabo n’abarwanyi ba M23.”

Luvungi iri mu Kibaya cya Rusizi nacyo kibarizwa muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iki gice kiracyagenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo zirimo iza FARDC iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR urwanya ubutegetsi bw’i Kigali n’uwa Wazalendo uzwiho gusahura imitungo y’Abanye-kongo cyane cyane abo mu bwoko bw’Abanyamulenge bo mu misozi ya Uvira, Fizi na Mwenga ndetse ni Uvira mu mujyi.

Iri huriro ry’ingabo za Congo zatangiye gusaba aba baturage kuva i Luvungi, nyuma y’aho ku wa gatandatu tariki ya 26/04/025 umutwe wa M23 wafashe umujyi wa Kaziba uherereye muri teritware ya Walungu, ukaba kandi uri mu ntera ngufi uvuye aha mu Kibaya cya Rusizi.

Si umujyi wa Kaziba gusa M23 yabohoje, kuko yafashe kandi n’imisozi y’iki gice harimo n’ipakanye n’uduce two muri teritware ya Uvira.

Gusa, kugeza ubu hari imisozi imwe ikigenzurwa n’ingabo z’u Burundi n’iza FARDC, nk’uwa Nabumbu, Mufo, Miti-mbili na Namushwaga.

Ariko nk’uwa Cibanda, Ngando, Chihumba, Murambi, Bushyenyi n’indi na centre ya Kaziba, ubu biri mu maboko ya M23.

Hagataho, impande zombi zirashamiranye, kuburyo umwanya uwo ari wo wose zokwambikana.

Tags: FardcIntambaraLuvungi
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo zahuriye n’akaga i Kavumu muri Kivu y’Epfo.

Uko byifashe ku rugamba rukaze ruri kubera mu bicye bigana mu Kibaya cya Rusizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?