• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, January 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo bongeye gutera ibisasu muri Kilolirwe, bakoresheje i bibunda bishya

minebwenews by minebwenews
November 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Repubulika ya Demokorasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo FDLR, FDNB, Wagner na Wazalendo, bongeye gutera i Bisasu biremereye muri Kilolirwe ho muri gurupema ya Kamuronza, teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

N’ibisasu bateye muri iki gitondo cyokuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 26/11/2023. Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko biriya bisasu byasenye amazu y’abaturage n’inyubako za leta zubatse muri ibyo bice, harimo amashuri n’ibitero ndetse na makanisa.

Nk’uko byavuzwe zir’iya Ngabo za RDC n’abambari babo bateye biriya bisasu ba koresheje i bibunda biremereye ndetse n’indege z’intambara zo mubwoko bwa SUKHOÏ-25.

Iy’inkuru yanemejwe n’u muvugizi wa M23 mubyapolitike bwana Lawrence Kanyuka.

Ati: “Ihuriro ry’ingabo za guverinema ya Kinshasa, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo, bongeye kurasagura ibisasu muri Kilolirwe. Biriya bisasu byasenye amazu y’Abasivile n’izindi nyubako za leta harimo amashuri n’ibindi.”

Kanyuka, yakomeje agira ati: “Sibyo byonyine kuko ziriya Ngabo za RDC n’abambari babo basahuye mu mazu y’abaturage.”

Isoko yacyu dukesha iy’inkuru iduhamiriza neza ko ubwo bateraga biriya bisasu ziriya Ngabo za RDC n’abambari babo basahuye mu mazu y’abaturage ahitwa Nyanzare, ki Kuku n’utundi duce du kikije Nyanzare. Bikavugwa ko basahuye amatungo basahura n’ibicuruzwa mu maduka n’imiti mu bitaro harimo nibyo basahuye Murusengero rwahitwa ki Kuku.

Ibi byatumye abaturage bongera guhunga ku bwinshi muri Nyanzare na Ki Kuku no munkengero za Kilolirwe.

Tubibutse ko no kuri uyu wa Gatandatu, tariki 25/11/2023, ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa bateye biriya bisasu muri Kalenga na Kirolilwe bakoresheje i ndege z’intambara n’ibibunda bikaze byanasize Inka z’Abatutsi ninshi zakomeretse. Kugeza ubu ntacyo ubuyobozi bwa gisirikare mu Ntara ya Kivu Yaruguru barabitangazaho.

Bruce Bahanda.

Tags: Bongeye gutera ibisasu muri Kilolirwe bakoresheje i bibunda bishyaIngabo za RDC n'abafatanya bikorwa babo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Inyeshamba ivuga ururimi rw'ikirundi ikorana na Maï Maï iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba, yafashwe mpiri n'Abaturage b'Irwanaho mu Misozi miremire y'Imulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?