• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zigambye gusubiza inyuma umutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
October 30, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano yongeye kubura muriki Gitondo co ku wa Mbere, tariki 30/10/2023, n’imirwano yongeye k’umvikana mo imbunda ziremereye n’izito.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko FARDC n’abambari babo, bagabye ibitero mubice byinshi biherereye muri Groupement ya Kibumba na Buhumba, byomuri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’urugamba rukaze aho iz’inyeshamba zo mu mutwe wa M23 zihanganye n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo).

Umuvugizi wa M23 mubyapolitike, Lawrence Kanyuka, yemeje ayo makuru, aho yagize ati: “Nasaa ine n’igice(10:30Am), ingabo za leta ya Kinshasa arizo FDLR, Wazalendo, FARDC n’abandi ba barinyuma, bakomeje gutera ibisasu binini ahatuwe abaturage muri Groupemant ya Buhumba no munkengero zayo. M23 yo ikomeje kwirwanaho no kurwana k’ubaturage.”

Ay’amakuru yanemejwe kandi na Sosiyete sivile yo muri teritware ya Nyiragongo, aho bongeye kumvikana bavuga ko agace kabo gakomeje kwibasirwa n’imirwano.

Muri uru rugamba, Ingabo za RDC, zigambye ko zasubije inyuma Inyeshamba za M23 mugace ko kuri Trois entenne, ariko mu makuru yizewe avuga ko M23 yagabweho ibitero naziriya Ngabo za FARDC n’abambari babo ariko ko M23 ikigenzura Groupement ya Kibumba na Buhumba uduce twose kugeza kuri Trois entenne.

Perezida w’umutwe wa M23, bwana Bertrand Bisimwa, akoresheje urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, yamaganye ibitero by’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, bikomeje kugabwa mubice bituwe n’abaturage benshi.

Yagize ati: “Muriki Gitondo, co kuri uyu wa Mbere, ingabo z’u butegetsi bwa Kinshasa, bateye ibisasu biremereye mubice bituwe n’abaturage benshi.”

Y’unzemo kandi ati: “Ingabo zacu ARC/M23 zikomeje kurwana k’ubaturage n’ibyabo.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo za RDC zigambye gusubiza inyuma umutwe wa M23Kibumba na Buhumba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Amazu y'Abatutsi yaraye atwitswe n'ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo zifanije na FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?