Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirashinjwa kwica Motari zimurasiye kuri Bariyeri i Lweba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 4, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku mugoroba wo k’uruyu wo ku Cyumweru, tariki 03/12/23, i Lweba, mu bilometre 12 nu Mujyi wa Baraka, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, hiciwe umuturage ukora akazi ko gutwara abantu n’ibintu akoresheje Moto yicwa arashwe n’umusirikare wo mungabo za FARDC .

You might also like

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Amakuru dukesha abaturage baturiye u Mujyi wa baraka ba bwiye Minembwe Capital News, ko urupfu rw’uwo mu motari rukomoka ku basirikare bakora kuri bariyeri mubice bya Lweba. Nk’uko ba bivuze bavuze ko uriya mu motari yarashwe ubwo yaravuye i Baraka mukazi ke kaburi munsi ko gutwara abagenzi abavana Lweba bakaja i Baraka mu Mujyi. Rero ubwo yerekezaga i Mboko mugihe yarageze kuri bariyeri ashaka gutambuka n’ibwo bariya basirikare bahise bamurasa arapfa.

Byaombe watanze ubuhamya yagize ati: “Hagati ya Basirikare bakora kuri bariyeri n’uriya mu motari wapfuye habaye kutumvikana kubijanye nokuriha a basirikare n’ibwo bariya basirikare bumvise nabi u mu motari bahitamo kurangiza ubuzima bwa motari.”

Byaombe yakomeje avuga ko ibice bya Lweba na Lusenda ko ari ibice bikunze kuberamo ubwicanyi ndengakamere ahanini bukorwa n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC).

Ati: “Ubu bwicanyi bugize igihe kandi n’ingabo za RDC ziburinyuma. Ikibabaje nyuma yokwica abo bagiye bica bose nta matohoza( anquete) akorwa ngo abarinyuma y’ikibi bahanwe. Ibiberaha birababaje.”

Motari wishwe n’Abasirikare ba Fardc yari umugabo w’ubatse akabasize umwana n’umudamu . Yari uwo mu bwoko bwa Babembe.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zirashinjwa kwica Motari zimurasiye kuri Bariyeri i Lweba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashimiye perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku cyemezo yafashe cyo gufungura imipaka ihuza...

Read moreDetails
Next Post

Umundyane muri FDLR uravuza ubuhuha nyuma y'urupfu rwa Colonel Gaby Ruhinda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?