Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC na Fardc bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya umutwe wa M23 ugize igihe ubazengereje.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC na Fardc bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya umutwe wa M23 ugize igihe ubazengereje.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamabanga mukuru w’umuryango wa SADC yatangaje ko Ingabo zabo ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ko zikomeje gutoza Igisirikare cya RDC kurasisha imbunda ziremereye, ibyo bakunze kwita “artillery.”

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ibyo uyu muryango wa SADC batangaje bakoresheje urubuga rwa x, aho bavuze ko ingabo z’uyu muryango wa SADC ko zirimo gusohoza inshingano zabo mu butumwa zagiyemo mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko ba bitangaje bagize bati: “Sadec barimo gutoza Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurasisha imbunda ziremereye, kugira bahashye umutwe wa M23.”

Ubu butumwa bwaherekejwe na mashusho agaragaza imyitozo ihabwa ingabo za RDC.

Ayo mahugurwa akaba agamije kuzamura imikorere y’ingabo za Fardc mu rwego rwo kugira ngo bazarusheho kumara umutwe wa M23 ugize igihe uzengereje iryo huriro ry’ingabo.

Ibyo bibaye mu gihe ubuyobozi bw’ingabo za SADC n’u buyobozi bw’ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaru bari bagiranye ibiganiro.

N’ibiganiro bivugwa ko byabereye i Goma, aho byabaye kuri uyu wa Kabiri, bikaba byari byi tabiriwe na Lt Gen Sikabwe Fall umukuru w’ingabo za RDC zirwanira ku butaka na guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Maj Gen Peter Cirumwami Nkuba, ndetse n’uhagarariye ingabo za SADC, muri RDC, Maj Gen Monwabisi Dyokopu.

Ibyo biganiro na none byari bigamije kunoza imikoranire hagati ya SADC na Fardc mu guhashya M23.

Nyuma y’ibi biganiro Maj Gen Monwabisi Dyokopu yahise yerekeza mu gusura ibirindiro by’ingabo ziri k’urugamba biherereye i Masisi, kugira atere ingabo mu bitugu.

Ahagana tariki ya 15/12/2023 n’ibwo Ingabo za SADC zageze muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hashingiwe ku byemezo bya bakuru bi b’ihugu bigize uwo muryango byari byafatiwe muri Namibia tariki ya 08/05/2023.

Izi ngabo za SADC zigizwe n’iza Afrika y’Epfo, iza Malawi n’iza Tanzania.

    MCN.
Tags: Bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya M23SADC na FARDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe “umunyakinyoma.”

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe "umunyakinyoma."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?