• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, November 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC na Fardc bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya umutwe wa M23 ugize igihe ubazengereje.

minebwenews by minebwenews
February 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC na Fardc bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya umutwe wa M23 ugize igihe ubazengereje.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamabanga mukuru w’umuryango wa SADC yatangaje ko Ingabo zabo ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ko zikomeje gutoza Igisirikare cya RDC kurasisha imbunda ziremereye, ibyo bakunze kwita “artillery.”

You might also like

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Ni ibyo uyu muryango wa SADC batangaje bakoresheje urubuga rwa x, aho bavuze ko ingabo z’uyu muryango wa SADC ko zirimo gusohoza inshingano zabo mu butumwa zagiyemo mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko ba bitangaje bagize bati: “Sadec barimo gutoza Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurasisha imbunda ziremereye, kugira bahashye umutwe wa M23.”

Ubu butumwa bwaherekejwe na mashusho agaragaza imyitozo ihabwa ingabo za RDC.

Ayo mahugurwa akaba agamije kuzamura imikorere y’ingabo za Fardc mu rwego rwo kugira ngo bazarusheho kumara umutwe wa M23 ugize igihe uzengereje iryo huriro ry’ingabo.

Ibyo bibaye mu gihe ubuyobozi bw’ingabo za SADC n’u buyobozi bw’ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaru bari bagiranye ibiganiro.

N’ibiganiro bivugwa ko byabereye i Goma, aho byabaye kuri uyu wa Kabiri, bikaba byari byi tabiriwe na Lt Gen Sikabwe Fall umukuru w’ingabo za RDC zirwanira ku butaka na guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Maj Gen Peter Cirumwami Nkuba, ndetse n’uhagarariye ingabo za SADC, muri RDC, Maj Gen Monwabisi Dyokopu.

Ibyo biganiro na none byari bigamije kunoza imikoranire hagati ya SADC na Fardc mu guhashya M23.

Nyuma y’ibi biganiro Maj Gen Monwabisi Dyokopu yahise yerekeza mu gusura ibirindiro by’ingabo ziri k’urugamba biherereye i Masisi, kugira atere ingabo mu bitugu.

Ahagana tariki ya 15/12/2023 n’ibwo Ingabo za SADC zageze muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hashingiwe ku byemezo bya bakuru bi b’ihugu bigize uwo muryango byari byafatiwe muri Namibia tariki ya 08/05/2023.

Izi ngabo za SADC zigizwe n’iza Afrika y’Epfo, iza Malawi n’iza Tanzania.

    MCN.
Tags: Bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya M23SADC na FARDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
1
AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu  Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy'indege cya Goma Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya ubutegetsi bw'i Kinshasa, ryamaganye u Bufaransa bwayisabye gufungura ikibuga...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe “umunyakinyoma.”

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe "umunyakinyoma."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?