Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 7, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni byemejwe ku wa Kabiri tariki ya 06/08/2024 na Kanama ka LONI gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi, aho kafashe umwanzuro wo kwemerera Monusco guha ubufasha bw’ibikoresho ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi n’abiri umwaka ushize, nibwo abasirikare b’umuryango w’iterambere rya Afrika y’Amajyepfo (SADC) bageze ku butaka bwa RDC.

Aba basirikare bakaba baraje muri iki gihugu mu rwego rwo gufasha ingabo za RDC kurwanya umutwe wa M23 ugize igihe waranzengereje ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Kimweho n’ubwo aba basirikare baje mu buryo bwo gutanga umusaada igisirikare cya leta ya Kinshasa gihanganye na M23, nta cyingenzi bakoze kuko hubwo uyu mutwe wa komeje kwigarurira ibice byinshi byashizwemo bariya basirikare.

Ingabo za SADC zigizwe n’abasirikare ba Afrika y’Epfo, Malawi n’abaje bava muri Tanzania.

Nk’uko byashizwe ahagaragara n’inyandiko zivugwa ko zashinzwe hanze n’u Bufaransa zigaragaza ko inama yateranye ku munsi w’ejo hashize ya Kanama ka LONI gashinzwe umutekano ku isi, yafatiwemo ibyemezo bivuga izi ngabo za SADC zigomba gukorana byahafi n’Ingabo za MONUSCO ziherereye mu Burasirazuba bwa RDC.

Izo nyandiko zikavuga ko Monusco izakorana na SADC mu kuyiha inkunga y’ibikoresho bya gisirikare, guhanahana amakuru, kurengera abasivile ndetse no kuyiha inama mu buryo bwa tekinike mu ntambara irimo gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa yo kurwanya M23.

Ibi byemejwe nyuma y’uko u Rwanda rwari rwatanze icyifuzo muri aka Kanama gashinzwe umutekano ku isi ko izi ngabo zidahabwa ubufasha.

Ku rundi ruhande imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa irakomeje, aho uyu mutwe ukomeje gufata ibice byinshi harimo ko uheruka gufata agace ka Ishasha gaherereyemo umupaka uhuza RDC na Uganda.

              MCN.
Tags: Igiye guterwa inkungaLoniSADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyashikiye perezida Félix Tshisekedi aho yari arwariye i Bruxelles mu Bubiligi.

Havuzwe ibyashikiye perezida Félix Tshisekedi aho yari arwariye i Bruxelles mu Bubiligi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?