• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byemejwe ku wa Kabiri tariki ya 06/08/2024 na Kanama ka LONI gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi, aho kafashe umwanzuro wo kwemerera Monusco guha ubufasha bw’ibikoresho ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi n’abiri umwaka ushize, nibwo abasirikare b’umuryango w’iterambere rya Afrika y’Amajyepfo (SADC) bageze ku butaka bwa RDC.

Aba basirikare bakaba baraje muri iki gihugu mu rwego rwo gufasha ingabo za RDC kurwanya umutwe wa M23 ugize igihe waranzengereje ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Kimweho n’ubwo aba basirikare baje mu buryo bwo gutanga umusaada igisirikare cya leta ya Kinshasa gihanganye na M23, nta cyingenzi bakoze kuko hubwo uyu mutwe wa komeje kwigarurira ibice byinshi byashizwemo bariya basirikare.

Ingabo za SADC zigizwe n’abasirikare ba Afrika y’Epfo, Malawi n’abaje bava muri Tanzania.

Nk’uko byashizwe ahagaragara n’inyandiko zivugwa ko zashinzwe hanze n’u Bufaransa zigaragaza ko inama yateranye ku munsi w’ejo hashize ya Kanama ka LONI gashinzwe umutekano ku isi, yafatiwemo ibyemezo bivuga izi ngabo za SADC zigomba gukorana byahafi n’Ingabo za MONUSCO ziherereye mu Burasirazuba bwa RDC.

Izo nyandiko zikavuga ko Monusco izakorana na SADC mu kuyiha inkunga y’ibikoresho bya gisirikare, guhanahana amakuru, kurengera abasivile ndetse no kuyiha inama mu buryo bwa tekinike mu ntambara irimo gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa yo kurwanya M23.

Ibi byemejwe nyuma y’uko u Rwanda rwari rwatanze icyifuzo muri aka Kanama gashinzwe umutekano ku isi ko izi ngabo zidahabwa ubufasha.

Ku rundi ruhande imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa irakomeje, aho uyu mutwe ukomeje gufata ibice byinshi harimo ko uheruka gufata agace ka Ishasha gaherereyemo umupaka uhuza RDC na Uganda.

              MCN.
Tags: Igiye guterwa inkungaLoniSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyashikiye perezida Félix Tshisekedi aho yari arwariye i Bruxelles mu Bubiligi.

Havuzwe ibyashikiye perezida Félix Tshisekedi aho yari arwariye i Bruxelles mu Bubiligi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?