Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za SAMIDRC, ngozaba ziteguye koherezwa M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’i Nama iteguwe kuri uyu wa Gatandatu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakuru b’ibihugu bagize umuryango wa SADC baganiriye ku ngabo nshya ziteganijwe koherezwa M’uburasirazuba bwa DRC. N’ikiganiro cyakozwe kuri uyu mugoroba wo ku wa kabiri, tariki 31/20/2023.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Bariya bakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), bahuye kugira ngo baganire ku kibazo cy’umutekano muke uri M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Byavuzwe ko muribyo biganiro bahise banategura i Nama izongera kubahuza kuri uyu wa Gatandatu, tariki 4/11/2023, aho byateguweko bazahurira i Luanda, mugihugu ca Republika ya Angola.

Nk’uko iy’i nkuru tuyikesha Radio RFI, yavuze ko ibyo biganiro bizaba bigamije gutegura itsinda ry’ingabo z’uyu muryango nokuzohereza vuba mubice bya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ibi bikaba byaratangiye kuganirwaho n’uyu muryango ahagana tariki 08/05/2023, aho iz’ingabo nshya zahise zihabwa izina ry’a SAMIDRC.

Kohereza ingabo za SADC ntabwo bizaba muribi byumweru, byavuba, nk’uko abayobozi benshi bo muri Congo babitangaza aho bahise banatangaza ibihugu bitatu bizatanga ziriya ngabo aribyo: Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzaniya.

Gusa dusanga Angola, ku ruhande rwayo, yo igikomeje icyifuzo cyayo cyogushaka uburyo Inyeshamba zose zamburwa imbunda, M’uburasirazuba bw’iki gihugu ca Congo Kinshasa.

Mu makuru yakomeje avugwa n’iriya Radio ya RFI, n’uko iyo Nama yo kuwa Gatandatu, tariki 04/10/2023, ngo bagomba kuzayisoza hafashwe umwanzuro nyawo ukwiye kuzagenderwaho.

Uhagarariye uriya muryango yagize Ati: “Tugomba kuva munzira y’ibi biganiro hagafatwa umwanzuro uhamye kandi wubahirizwa.”

Yakomeje agira ati: “Ingabo z’umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba(EACRF) ziri hafi kurangiza manda yabo, ubworero natwe tugomba kuja gushakira Uburasirazuba bwa RDC umutekano mwiza.”

By Bruce Bahanda

Tags: muburasirazuba bwa RDCSamidrcUmutekano
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo( FARDC), mugace ka Kasindi cyataye abagabo batatu muriyombi bazira ADF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?