Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Tanzania, ziri mu butumwa bwa SADC, muri RDC, zabwiwe ko hari undi mwanzi bazarwanya nyuma y’uko bazaba bamaze gutsinda M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za Tanzania, ziri mu butumwa bwa SADC, muri RDC, zabwiwe ko hari undi mwanzi bazarwanya nyuma y’uko bazaba bamaze gutsinda M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za SADC, ziherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zasabwe ku menya ko hari undi mwanzi bazarwanya nyuma y’uko bazaba bamaze gutsinda M23.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

N’i Ngabo za Tanzania, zasabwe ku menya ko hari undi mwanzi bazahangana nawe nyuma yo gutsintsura M23, nk’uko ba bibwiwe ubwo bari ku k’ibuga cy’indege cya Goma, bagiye koherezwa mu bice byarimo imirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa ( FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, SADC na Wazalendo).

Ibi byavuzwe n’umukuru w’ingabo za SADC, ukomoka mu gihugu cya Afrika y’Epfo, Maj Gen. Monwabisi Dyakopu,
Yagize ati: “Mugomba ku menya ko umwanzi wanyu wambere ari M23 uyu nu kumurwanya twivuye inyuma, uyu mwanzi murabizi ko atoroshye, yabagirira nabi, ni murangiza ku muhashya burundu, tuza bwirwa undi mwanzi ukurikira.”

Yakomeje agira ati: “Ese murabyumvise, Harufite ikibazo?”

Nyuma hakurikiyeho umusirikare ukuriye ingabo za Tanzania, nk’uko bigaragara muri video yafashwe ubwo ingabo za Tanzania zakirwa ku k’ibuga cy’indege cya Goma, bava mu gihugu cyabo.
Lt Col. Makandi Ayob, we yagize ati: “Mwiteguye kurasa umwanzi ?”

Abasirikare be basubije ati: “Yego turi teguye cyane.”

Nyuma y’iki kiganiro cyahawe Ingabo za Tanzania, ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 27/01/2024, ingabo za Tanzania, zoherejwe mu Mujyi wa Sake, uri mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Ni mugihe imirwano yari komeje kuvugwa mu nkengero za Sake, aho M23 yarimo itsinda ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, mu bice bya Muremure, Karuba, Kingi, Murambi n’ahandi.

Minembwe Capital News yabwiwe ko M23 k’uri uyu wa Gatandatu, yambuye Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda.

Tags: M23NyumaRdcSADCTanzaniaUndi mwanzi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Abasenyeri bo mu bihugu by’i biyaga bigari, basezenije guhosha amakimbirane  ari muri ibi bihugu.

Abasenyeri bo mu bihugu by'i biyaga bigari, basezenije guhosha amakimbirane ari muri ibi bihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?