Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za Ukraine zagabye igitero kirimo ubuhanga maze gisenya ububiko bwa masasu y’Ingabo za Barusiya muntara ya Crimea.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 23, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Ukraine cyagabye igitero gikomeye ahari ububiko bw’amasasu bw’ingabo z’u Burusiya.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 23/07/2023, saa 4:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Guverineri w’Intara ya Crimea, uheruka gushirwaho na leta y’u Burusiya, kuruyu wa Gatandatu yavuze ko igitero cy’indege zitagira abapilote ku bubiko bw’amasasu y’Ingabo za Barusiya, buri muri Crimea cyatumye abayobozi bahungisha abantu mu bilometero 5 kandi bafunga by’agateganyo ikiraro gihuza uyu mujyi n’u Burusiya.

Ukraine yavuze ko igisirikare cyayo cyasenye ububiko bw’ibikomoka kuri peteroli hamwe n’ububiko bw’igisirikare cy’u Burusiya mu cyo ivuga ko ari akarere kigaruriwe by’agateganyo ka Oktiabrske gaherereye muri Crimea rwagati.

Guverineri washyizweho n’u Burusiya, Serge Aksyonov, yatangaje ko iki gitero cyatumye ububiko bw’amasasu buturika, akomeza avuga ko nta byangiritse cyangwa uwo byahitanye. Amashusho yagaragajwe n’ibitangazamakuru bya leta yerekana igicu cyijimye cy’umwotsi w’umukara uzamuka.

Aksyonov yaje kuvuga ko ingendo zose za gari ya moshi mu gace kibasiwe, zahagaritswe by’agateganyo, zasubukuwe nk’uko bisanzwe.

Ibiro Ntaramakuru by’U Burusiya byasubiyemo Minisiteri y’ubuzima ivuga ko abantu 12 bakeneye ubufasha bw’ubuvuzi naho bane bajyanwe mu bitaro.

U Burusiya bwafashe kandi bwigarurira Crimea buyambuye Ukraine mu 2014, imyaka umunani mbere yo kugaba igitero simusiga muri iki gihugu.

Guhagarika by’agateganyo ibinyabiziga ku kiraro cya Crimea, nko mu bilometero 180 ugana uburasirazuba aho ibitero by’indege za drone byabereye, byaje nyuma y’iminsi itanu ibiturika bihitanye abantu babiri bikangiza igice cy’umuhanda, icyari igitero cya kabiri gikomeye ku kiraro kuva intambara yatangira.

Iki kiraro cya kilometero 19 ni ingenzi mu kugemurira ibikoresho ingabo z’u Burusiya, kandi gikoreshwa cyane na ba mukerarugendo b’Abarusiya basura Crimea mugihe cyo mucyi(Igihe cyamazuba).

Tags: CrimeaIgisirikare cya UkraineIgiteroububiko bwa masasu y'Ingabo za Barusiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za FARDC zomumutwe wa Bakomanda bashinzwe kurinda umukuru w'igihugu bakoze Akarasisi kagamije gukanga umwanzi w'Igihugu cyabo.

Comments 1

  1. gralion torile says:
    2 years ago

    Those are yours alright! . We at least need to get these people stealing images to start blogging! They probably just did a image search and grabbed them. They look good though!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?