Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 2, 2025
in World News
0
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

You might also like

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Abasirikare badasanzwe ba Ukraine bakoresha indege zitagira abapilote zizwi nka drones zikoreshwa mu ntambara bakoze igitero cy’amateka ku butaka bw’u Burusiya.

Ni amakuru yashyizwe hanze bwa mbere na perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, aho yumvikanye ashimira ingabo z’igihugu cye gutera kinyamwuga u Burusiya.

Bivugwa ko ingabo za Ukraine gukora iki gitero zangije indege z’u Burusiya 40 z’intambara.

Ni igitero amakuru avuga ko gishobora guhindura isura y’intambara impande zombi zimazemo imyaka iri gukabakaba ine.

Ukraine ivuga ko indege zitagira abapilote 117 kwarizo yakoresheje mu kugaba kiriya gitero, binabaye n’ubwa mbere kuva iki gihugu cy’injira mu ntambara mu ntangiriro z’umwaka wa 2022.

Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza indege zishya ku birindiro bya gisirikare ahitwa Srendniy mu ntara ya Siberia mu Burusiya.

Izina ryahawe iyi operation idasanzwe ingabo za Ukraine zakoze ni “Operation spider’s web” bivuze umutego w’igitangangurirwa.

Bivugwa ko cyateguwe kandi mbere yo kugikora, ingabo za Ukraine zabanje kubimenyesha perezida Zelensky.

Ubwe na we yasabye ko abashinzwe umutekano bavuga akantu ku kandi kubijyanye n’iki gitero kugira ngo abaturage babimenye, kandi yemeza ko iki gitero kizandikwa mu bitabo by’amateka.

Minisitiri w’ingabo z’u Burusiya yemeje iby’ibitero byagabwe ku butaka bwabo, ariko abyita ibitero by’iterabwaba byagabwe na Ukraine mu ntara 5, kandi yemeza ko byakumiriwe.

Ukraine ivuga ko gutegura iki gitero byabatwaye umwaka n’igice, ubwo bagiteguraga perezida Zelensky yabonanye n’abari muri uyu mugambi.

Kandi mbere yuko gikorwa Ukraine yabanje kohereza rwihishwa ku butaka bw’u Burusiya ibirimo za drones n’ibindi bikoresho byagisirikare byifashishwa ku rugamba rwo mu kirere.

Izo drones ngo zarajanwe zihishwa mu makontineri yakozwe mu mbaho zishyirwa mu makamyo, hanyuma abakoresha drones bafungurira kure ya masanduku bagurutsa drones zijya mu bitero kurasa ibirindiro bya gisirikare bigera kuri bine.

Ukraine ivuga ko ibyangijwe na biriya bitero bifite agaciro ka miliyari 7 z’amadolari y’Amerika.

Amakuru kandi avuga ko indege zarashweho harimo izo mu bwoko bwa TU-95s, n’izindi zo mu bwoko bwa TU-22M3s n’izo mu bwoko bwa A-50.

Tags: IgiteroKarahabutakaU BurusiyaUkraine
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy'amateka, havuzwe igihugu cya yifashije. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirashinjwa gufasha igisirikare cya Ukraine mu gitero karahabutaka giheruka kugaba ku butaka bw'u...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika. Umunyamerika w'umukire ku rwego rw'isi, Bill Gate, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyari 200 z'amadolari y'Amerika mu bikorwa bigamije...

Read moreDetails

Umuganga ufite amateka y’ihariye kuri iy’isi yapfuye.

by Bruce Bahanda
May 31, 2025
0
Umuganga ufite amateka y’ihariye kuri iy’isi yapfuye.

Umuganga ufite amateka y'ihariye kuri iy'isi yapfuye. Umuganga Emmile Etienne Baulieu, ufite amateka akomeye kuri Iy'si y'abazima, kuko ni we wakoze ibinini bya mifepristone yitabye Imana ku myaka...

Read moreDetails
Next Post
Ibyabaye ku za Tshisekedi mu Rugezi byatumye zihagarika gukora ibitero.

Ibyabaye ku za Tshisekedi mu Rugezi byatumye zihagarika gukora ibitero.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?